SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano
Imyidagaduro

Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/26 at 11:34 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Nyarwanda Okkama yahishuye ko we n’umugore we babyaranye umwana w’imfura bahuriye ku mbuga nkoranyambaga

Ossama Masut Khalid ubusanzwe niyo mazina ye ariko yamamaye nka Okkama mu ndirimbo zitandukanye zirimo “Toto’ ‘Lotto’ yakoranye na Kenny Sol, ‘Puculi’ ‘Iyallah’ “Tsaper ‘ n’izindi kugeza kuri ‘Wallah’ aherutse gushyira hanze.

Uyu musore urugendo rwe rwa muzika mu buryo bweruye rwatangiye mu 2020 ubwo yashyiraga hanze indirimbo “Loto” acyiga ku ishuri ryugisha umuziki rya Nyundo, inzuzi  ze ntizatinze kwera kuko yamenyekanye akiri ku ntebe y’ishuri.

Mu kiganiro Meet me Tonight cya Gen Z Comedy Show, yabajijjwe  byinshi ku bijyanye  n’umuryango  ndetse n’umugore  we aho yashimangiye byinshi  kuko bamenyanye  mbere y’uko  babyarana  .

Ubwo  umwe mu banyamakuru yamubazaga  niba koko umugore adakoresha  imbuga nkoranyambaga  cyane  yamusubije  ko ahubwo we avuga ibyo atazi  kuko bamenyaniye ku mbuga nkoranyambaga .

Abajijwe  ku kuba nta bantu benshi  bamubona  mu itangazamakuru Okkama yavuze ko ari ibintu yishimira kuba  ari umwana we n’umugore we batajya mu itagazamakuru cyane abyishimira kuko byaba ari ukubijirira mu buzima bwabo kandi abyishimira cyane kubera bibaha umutekano uhagije

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul January 26, 2024 January 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Kwibuka

Umuhanzi Jabo Jean Marie yibutse abagize umuryango we bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

June 17, 2024
Andi makuru

Perezida Xi Jinping yageneye Donald Trump ubutumwa bw’ishimwe ku ntsinzi ye

November 7, 2024
Imyidagaduro

Bradd Pitt akomeje kubabazwa no kutabona abana be

July 12, 2024
Imyidagaduro

The Ben yiyongereye mu ndirimbo Folomiana ya Kevin Kade na Chriss Eazy

April 24, 2025
Kwamamaza

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

March 12, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Mufti Sheikh Sindayigaya Mussa yiyemeje guteza imbere imishinga minini muri Islam

May 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?