SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Eric Mucyo yashyize hanze Indirimbo nshya yiseNdi uwo ndiwe’ yizeza abakunzi be kutazongera kubura
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Eric Mucyo yashyize hanze Indirimbo nshya yiseNdi uwo ndiwe’ yizeza abakunzi be kutazongera kubura
Imyidagaduro

Eric Mucyo yashyize hanze Indirimbo nshya yiseNdi uwo ndiwe’ yizeza abakunzi be kutazongera kubura

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/08 at 3:34 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Eric Mucyo wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda mu myaka yahise, yagarukanye ingamba nshya, yiyemeza gukora umuziki ahozaho cyane ko rimwe na rimwe aza akongera akabura.

Mukiganiro na Ahupa Radio  yavuze ko yari amaze igihe kingana n’umwaka wose ari muri studio, akora ibihangano bitandukanye ku buryo abamukunze bagiye kongera kuryoherwa n’ibihangano bye.

Ati “Nari maze iminsi ndi gukora indirimbo nyinshi niyo mpamvu bamwe bambuze. Maze iminsi ndi gukora imishinga ntekereza ko abantu batazongera kumbura na gato kuko ngiye kujya nshyira hanze indirimbo ubutitsa.’’

Eric Mucyo yavuze ko iyo mishinga afite ataratekereza neza niba yayikoramo imbumbe ya album, ariko avuga ko uko azagenda abona abantu bakira ibihangano bye bishya aribyo bizamuha ishusho y’umurongo yaha umuziki we muri iyi minsi.

Mucyo yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Ndi uwo ndiwe’. Ni indirimbo ikozwe mu njyana y’Ikinyemera yamamayemo mu ndirimbo yise ‘I Bwiza Iwacu’ yahuriyemo na Jay Polly.

Eric Mucyo yamenyekanye mu itsinda rya 3Hills yari ahuriyemo na Hope Irakoze na Jackson Kalimba. Yamamaye mu zindi ndirimbo ze bwite zirimo ‘I Bwiza Iwacu’ yahuriyemo na Jay Polly, ‘Tubyine’ n’izindi zirimo n’izo yakoranye na 3Hills zirimo iyitwa ‘Vimba Vimba’ bakoranye na Kidumu

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul December 8, 2023 December 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bien Aime na Dj Marnaud bijeje abanyarwanda igitaramo cy’amateka

July 28, 2023
Imikino

APR BBC na REG BBC zigiye guhurira mu irushanwa ryo Kwibuka 30

April 16, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umwami Mswati III

August 13, 2024
Imikino

Perezida Kagame na Madamu Jeannette bitabiriye umuhango wo gutangiza Imikino Olempike i Paris

July 25, 2024
Imyidagaduro

Jessica Alba nyuma y’imyaka 17 yatandukanye n’umugabo we Warren

February 8, 2025
Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka 3 bihembo bya Salax Awards bigiye kongera gutangwa na AHUPA

January 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?