SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar
Imyidagaduro

Abaraperi Nyarwanda mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Kendrik Lamar

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/06 at 5:37 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2023, Kendrick Lamar mbere yo gutaramira i Kigali yabanje guhura n’abaraperi bo mu Rwanda.

Ni ikiganiro cyabereye kuri Kigali Marriott Hotel, aho uyu muhanzi acumbitse. Mu baraperi bake babashije kuhagera harimo Danny Nanone, Kivumbi, Angell Mutoni, Kenny K-Shot n’abandi.

Danny Nanone uri mu bitabiriye iki kiganiro yatangarije ikinyamkauru IGIHE ko byari ibihe bidasanzwe kuri we kwisanga ari kumwe n’umwe mu baraperi bakomeye ku Isi.

Ati “Byari iby’agaciro, twaganiriye atubwira uko yakunze u Rwanda, atwizeza ko atari ubwa nyuma ahageze. Ku rundi ruhande yaciye amarenga ko yifuza gufasha abaraperi ba hano iwacu.”

Imwe mu nama Kendrick Lamar yagiriye aba bahanzi twabashije kumenya ni uko yabasabye kuba bo bakagaragaza umwihariko wabo cyane ko ariwo utuma bakundwa.

Kendrick Lamara ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Move Afrika kiri bubere muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 6 Ukuboza 2023.

Ni igitaramo ahuriramo n’abandi bahanzi barimo Ariel Wayz, Bruce Melodie na Zuchu wo muri Tanzania.

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 6, 2023 December 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Evariste yongeye kuvugisha imbuga nkoranyambaga yigereranya na Yezu

April 19, 2025
TV Series

Ukraine igiye gukurikirana abateguye kamarampaka zo kwiyomeka ku Burusiya

January 30, 2019
Imyidagaduro

Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )

May 22, 2024
Imyidagaduro

Niyo Bosco yashyize hanze Ep ye ya mbere iriho indirimbo Ndabihiwe yibajijweho byinshi

February 16, 2024
Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda ku bufatanye na Unicef batangije gahunda yo gutanga internet y’ubuntu mu mashuri

October 18, 2023
Imyidagaduro

Miss Mutesi Jolly ntiyemeranywa nabashaka guhanganisha The Ben na Bruce Melody

December 2, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?