SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abagore bo mu Rwanda Bashyizwe igorora na ABN nyuma yo kubazanira ibikoresha bigabanya ububabare mu gihe cy’Imihango
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubuzima > Abagore bo mu Rwanda Bashyizwe igorora na ABN nyuma yo kubazanira ibikoresha bigabanya ububabare mu gihe cy’Imihango
Ubuzima

Abagore bo mu Rwanda Bashyizwe igorora na ABN nyuma yo kubazanira ibikoresha bigabanya ububabare mu gihe cy’Imihango

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 2, 2023
Share
SHARE

Nyuma y’igihe  kinini mu Rwanda  havugwa  ibiciro ku bikoresho bikoreshwa n’abagore mu gihe cy’Iminsi yabo y’Imihango  ubu ibyishimo  ni  byinshi  ku bagore bahuraga n’ibibazo byo kuribwa mu gihe cy’imihango nyuma yuko Ahupa Business Network Ltd ibazaniye AdLife Period Pain Relief Pads” uburyo bwo kugabanya ububabare mu gihe cy’ imihango.

Ubusanzwe mu gihe cy’ imihango abagore benshi bahura n’ ibibazo birimo uburibwe buturuka kuri ibyo bihe binjiramo buri kwezi.

Ni uburibwe bumara iminsi itandukanye bitewe n’ umuntu ku wundi aho usanga bibangamira ubuzima bwabo n’ imyitwarire isanzwe. Hari abasiba akazi cyangwa ntibagire imirimo babasha, bakaribwa cyane kugeza ku kwirirwa mu buriri, kunanirwa kurya n’ ibindi bimenyetso ubundi biranga abarwayi nyamara mu gihe cyo kujya mu mihango byakabaye ibintu bisanzwe ku buzima.

Iyi mihangayiko n’ ibibazo abari n’ abategarugori bahura nabyo muri ibyo bihe, usanga bamwe bakoresha uburyo butandukanye bashaka gukiza ubuzima bwabo kandi bushobora kugira n’ingaruka k’ubuzima bwabo burimo gukoresha imiti y’ibinini bitandukanye.

 

Kubera izo ngaruka zituruka ku binini byatumye abahanga batekereza ku cyafasha mu kurinda ubwo bubabare, maze havumburwa “AdLife Period Pain Relief Pads” uburyo bwo kugabanya ububabare mu gihe cy’ imihango.

AdLife ni agakoresho gateguranywe ubuhanga, gakoreshwa mu gihe cy’ imihango. Bagakoresha bakomeka  ku nda yo hasi bakakambariraho bikakabarinda kugira uburibwe n’ ibindi bibazo bidasanzwe bagiraga muri ibyo bihe.

Aka gakoresho kamamaye kandi katabaye ubuzima bw’abatari bake mu gihe cy’imihango mu bihugu by’ amahanga, ubu kamaze kugera no mu Rwanda kazanywe na Ahupa Business Network Ltd, Ikigo kimenyerewe mu bucuruzi bw’ ibikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi.

Mu kiganiro cyihariye BTN yagiranye n’ umuyobozi wa Ahupa Business Network Ltd, Bwana Ahmed UWERA Pacifique,  yasobanuye icyabateye kuzana AdLife nka kamwe mu gakoresho gateguranywe ubuhanga kitabazwa n’abari n’abategarugori mu gihe cy’imihango.

AHMED , yavuze kandi  ko intego nyamukuru yabo ari uguha abagore agaciro n’ubushobozi binyuze mu kubegereza  ibikoresho bibafasha mu gihe cy’ imihango, bigatuma bagira ubuzima bwiza aho kuzahazwa nayo.

Yagize ati: “Ibikoresho byo kugabanya ububabare mu gihe cy’ imihango bya AdLife byatoranyijwe neza bitewe n’ ubushobozi n’ ubuziranenge bwabyo, bigamije kugira akamaro ku buzima bw’ abagore bo mu Rwanda ndetse no hanze yarwo”.

Magingo aya kubona AdLife period pain relief pads biroroshye kuko aho waba uri hose wazibona mu mafarumasi atandukanye no mu maguriro yo mu Rwanda hose ndetse no ku rubuga rwa  www.ahupa.store.

 

RDC: inkingo za mbere za Monkeypox 50.000 zahageze
AGRA igiye kwifashisha miliyoni $550 mu guteza imbere ubuhinzi bwa Afurika
Uruganda rwa SKOL rwatanze ubwisungane mu kwivuza ku miryango 185
Nyiramandwa wari inshuti ya Perezida Kagame yitabye Imana
Mu Rwanda hafunguwe uruganda rukora Inshinge zo kwa Muganga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Gold Casino Online

February 25, 2025

What Is The Best Online Casino Guide For Irish Players

March 11, 2017

New Casino Gold Coast

May 28, 2024

Ireland Best Casino Free Spins

May 9, 2017

Best Online Slots To Play

May 28, 2024

Real Life Casino Slots

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?