SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amarira n’agahinda kenshi mu muhango wo gushyingura Dr Alfred Paul Jahn (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubuzima > Amarira n’agahinda kenshi mu muhango wo gushyingura Dr Alfred Paul Jahn (Amafoto)
Ubuzima

Amarira n’agahinda kenshi mu muhango wo gushyingura Dr Alfred Paul Jahn (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: June 20, 2024
Share
SHARE

Mu gitondo cyo ku wa  gatatu tariki ya 19 Kamena 2024 nibwo inshuti n’umuryango wa Dr  Alfred  Paul Jahn wari uzwi nka Mona Amie bamusezeyeho bwa nyuma banamuherekeza mu cyubahiro.

Umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Dr  Alfred  Paul Jahn  watangiye saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ubwo umurambo wa nyakwigendera wakurwaga mu buruhukiro bw’ibitaro bya Nyarugenge ugezwa mu rugo iwe aho yasezeweho bwa nyuma.

Nyuma yo kumusezeraho bwa nyuma, inshuti n’umuryango wa Dr  Alfred Paul  Jahn  bamusabiye  umugisha n’iruhuko ridashira  mu isengesho ryabereye iwe mu rugo riyoborwa n’umukozi w’Imana Annet

Nyuma y’isengesho abitabiriye umuhango wo guherekeza Dr  Alfred Paul  Jahn, bakomereje mu irimbi rya Nyamirambo aho umubiri we washinguwe mu gahinda kenshi ndetse n’amarira  y’imiryango y’abakene myinshi yafashije  cyane mu buzima bwe hano kw’isi na  hano mu Rwanda

Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Dr Alfred Jahn wabanjirijwe n’umugoroba wo kwizihiza ubuzima  bwe ahavugie amagambo menshi avuga urukundo no kwihangana yagize  mu myaka 87 yamze hano kw’isi

Buri wese wafashe ijambo yaba mu gitaramo cyo kwizihiza ubuzima bwa Dr  Alfred Jahn ndetse no mu muhango wo kumuherekeza mu cyubahiro Umuryago we  washimiye buri wese wababaye hafi muri iki gihe gikomeye , ndetse na Guverinoma y’U Rwanda  byihariye akarere ka Nyarugenge yari abereye  umufatanyabikorwa  mu bikorwa bitandukanye bijyane no guteza imbere abatifashije

Dr  Alfred Paul  Jahn yitabye Imana  ku tariki ya 12 Kamena 2024 iwe mu rugo I Nyamimbo azize uburwayi

 

Urubyiruko rugize itsinda rya MC Brian & Friends rwatanze Mutuelle de Sante mu Karere ka Nyanza (Amafoto)
Ubuyobozi bwa Dr Alfred Paul Jahn Foundation bwashyikirije imiryango170 inkunga y’ibiryo n’ibikoresho by’isuku (Amafoto)
Nyiramandwa wari inshuti ya Perezida Kagame yitabye Imana
Minisiteri y’Ubuzima yashyizeho amabwiriza yo kwirinda Marburg kubakora ingendo
Ababyeyi barasabwa guhindura imyumvire bagafata abana bafite ubumuga nk’abandi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Best Virtual Casinos With Fast Payouts In Ireland

May 28, 2024

How Many Slot Machines In Dolton Au

September 5, 2023

Lady Aida Casino

May 28, 2024

Free Pokies Info

February 25, 2025

Big Red Gambling

May 28, 2024

Online Virtual Roulette

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?