SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umugabo yapfiriye muri ‘lodge’ nyuma  Yo kumara iminsi itatu atera akabariro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umugabo yapfiriye muri ‘lodge’ nyuma  Yo kumara iminsi itatu atera akabariro
Andi makuru

Umugabo yapfiriye muri ‘lodge’ nyuma  Yo kumara iminsi itatu atera akabariro

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/25 at 12:30 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Polisi ya Uganda ivuga ko umugabo wafashe imiti itera akanyabugabo mu gihe cyo gutera akabariro yaje gupfira iruhande rw’umukunzi we.

Byabereye mu gace ka Bukedi South mu karere ka Busia aho umugabo w’imyaka 30 wamenyekanye ku mazina ya Ouma Justus, wari umumotari yapfiriye mu nzu zicumbikira abagenzi zizwi nka ‘lodge’.

Uyu mugabo ni uw’ahitwa Buwaya, mu gace ka Bumunyi, hari ahitwa Masinya mu karere ka Busia.

Nyakwigendera ngo yari yafashe ku miti yongera ubushake mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, akaba yari amaranye iminsi itatu muri lodge n’umukunzi we witwa Auma Carolyne, w’imyaka 25.

Uyu mugore ngo yarabyutse saa kumi n’ebyiri mu gitondo (06h00 a.m), tariki 19 Nyakanga, 2023, asanga umukunzi we yashizemo umwuka.

Polisi yo mu gace ka Masinya yagejejweho ibyo byago, igera aho byabereye ndetse umurambo wa nyakwigendera ujyanwa mu Bitaro ahitwa Masafu, biza kugaragaza ko yari yanyoye imiti (ibinini) byongera imbaraga mu gikorwa, bitera ikibazo umutima.

Ubutumwa bwa Polisi buvuga ko igira inama abagabo gashoboye gutera akabariro ko imwe mu miti bakoresha ngo ibongerere akanyabugabo itujuje ubuziranenge, bityo ikaba yashyira ubuzima mu kaga ku bayikoresha.

Polisi isaba buri wese ushaka gukoresha bene iriya miti, kubanza kuvugana na muganga wemewe akabagira inama.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2023 July 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Massamba Intore nabo bazafatanya mu gitaramo cya 30/40 y’ubutore bijeje gutarama bigashyira kera

August 29, 2024
Imikino

Patriots BBC yatsinze Tigers BBC amanota 86-78 

February 8, 2025
Imyidagaduro

Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye

April 17, 2023
Andi makuru

FARDC yarashishije Indege za Sukhoi-25 muri teritwari ya Fizi

March 10, 2025
Imyidagaduro

Miss Popularity w’u Burundi 2023 Uwera Ricky Tricia yishimiye guhura na Dr.Marie Claudine Mukamabano

March 23, 2024
Imyidagaduro

Noopja nyuma yo kwegukana ibihembo muri Africa Music Academy yashyize hanze indirimbo ebyiri zishimira Perezida Kagame

June 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?