Gacinya Chance Denis wigeze kuyobora Rayon Sports mu 20155/2017 yongeye kwangirwa kwiyamamariza kwinjira muri FERWAFA nka Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekiniki kubera ubunyangamugayo bukemangwa.
Komisiyo y’Amatora mu Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, FERWAFA, yongeye kwanga kandidatire ya Gacinya Chance Denis waherukaga kwemererwa kwiyamamaza nyuma yo kujurira.