SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye
Imyidagaduro

Zari yasezeranye mw’idini n’umukunzi we Shakib mu ibanga rikomeye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/17 at 10:36 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Rwiyemezamirimo w’icyamamare akaba n’umunyamideli ukomoka muri Uganda Zari Hassan yambitswe  impeta y’isezerano   n’umukunzi we w’igihe kirekire Shakib Cham Lutaaya.

Ibi byabereye mu muhango wo gusezerana mu idini byabaye  ku mugoroba wo kuri iki cyumweru byitabirwa n’abantu bake bo mu miryango yabo .

Mu mafoto na Amashusho bazangije abantu ku mbuga nkoranyamabaga byari ibirori byabereye mu cyumba  gitoya aho Zari na shakib bagaragaye bambaye  imyambaro ya Kisilamu  bicaye ku matapi hasi .

Shakib  muri ayo mashusho agaragara yashyize Ivi hasi ari  kwambika  Impata y’isezerano Zari  nyuma bagasomana  abandi babakomera amashyi bishimye cyane .

Amkuru dueksha bimwe mu binyamkauru byo muri Uganda  nuko nyuma yo gusezerana mu muhango uzwi nka Nikkah  imbere y’ababyeyi ba Zari babihaye umugisha .

Uyu mugore w’imyaka 42 n’abana batanu yakomeneje kunengwa na benshi  ko akundana n’umusore arusha imyaka  ariko ibyo nta kintu nakimwe byamaze kuko aba bombi berekanye ko urukundo rwabo ntakizaruhagarika .

Zari usanzwe ari umushabitsi mu bikorwa bitandukanye nawe yifatiye ku gahanga abavuga ko akundana na  Shakib kandi amurusha imyaka yakomeja agira ati  “ Imyaka zi imbogamizi kuko iyo umugabo mukuru aryamanye  n’umukobwa muto biba  indi  nkuru .

Zari, umubyeyi w’abana batanu yakundanye n’abagabo batandukanye kuva umugabo we Ivan Semwanga apfuye.Yakundanye n’umuhanzi Diamond Platnumz mbere yuko batandukana muri 2018 nyuma mu 2022 yakundanye  nundi umusore uzwi ku izina rya GK Choppa.

Nyuma yahoo muri uwo mwaka, yatangiye kugaragara hamwe na Shakib Lutaaya bamaranye amezi menshi kugeza igihe bambikaniye impeta y’isezerano.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 17, 2023 April 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi

December 13, 2024
Utuntu n'utundi

Umutekano udasanzwe wari wose mu rubanza rwa Kazungu Denis wishe abantu 14

September 21, 2023
Imyidagaduro

Fally Merci yashimiwe nabari baraguze amatike mu gitaramo cya Gen-Z comedy cyari giterejwe na benshi

May 3, 2024
Imikino

Cheptegei wari umukinnyi wo gusiganwa ku maguru yitabye Imana

September 5, 2024
Imyidagaduro

Urubanza rw’umubyinnyi Tity Brown rwongeye gusubikwa

February 8, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yitabiriye Inama yiga ku burezi n’ubumenyi muri Mauritanie

December 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?