SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .
Imyidagaduro

Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/17 at 8:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi Tiwatope Savage w’imyaka 43 yemeje amakuru amaze iminsi avuga ko yarokotse igitero cy’abagizi ba nabi bari bagambiriye kumushimuta.

Iki gikorwa cyabereye muri Leta ya Lagos. Abareberera inyungu z’uyu muhanzikazi batangaza ko abari bashatse kumushimuta bamaze gutabwa muri yombi bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Alagbon iri mu gace ka Ikoyi.

Aba bajyanama be bemeza ko kugeza ubu Tiwa Savage n’umuryango we bamerewe neza kandi batekanye.

Umuvugizi wa Polisi, CSP Oluniyi Ogundeyi, yemeje aya makuru avuga ubu bamaze guta muri yombi abantu bane bakurikiranyweho iki cyaha.

Abanyamakuru batandukanye muri Nigeria bashyira mu majwi umushoferi mushya wa Tiwa Savage bavuga ko ariwe waba uri inyuma y’iki gitero.

Bivugwa ko yagiye atanga amakuru kuri bagenzi be bari bafatanyije umugambi wo gushimuta uyu muhanzikazi umaze imyaka 13 muri muzika.

 

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul April 17, 2023 April 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap

November 27, 2024
Andi makuru

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta yitabye Imana azize indwara y’Umutima

April 4, 2025
Andi makuru

Gen (Rtd) Fred Ibingira yasubije abigamba gushaka gufata u Rwanda

April 13, 2024
Imyidagaduro

Isimbi Model yagarutse ku cyatumye akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa

May 7, 2024
Ubukungu

Ubuyobozi bwa Cogebanque bwavuze impamvu yatumye igurishwa

December 6, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame na Emir wa Qatar bitabiriye F1 ya Qatar GP

December 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?