SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we
Andi makuruUtuntu n'utundi

Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/14 at 10:11 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuyobozi wa Twitter .Tesla,SpaceX ni bindi bikorwa byinshi bijyanye n’ikoranabuhanga  Elon  Musk  akaba n’umwe  mu baherwe ba mbere  yatangaje ko agiye kubaka umujyi we wihariye muri Texas wo gutuzamo abakozi be .

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Wall Street Journal cyo muri Leta  Zunze ubumwe z’Amerika nuko uyu muherwe Elon Musk   yavuze  yifuza kubaka umujyi we  wihariye azatuzamo abakozi   uzaba ugizwe n’amazu 100 ajyanye n’ibihe  tugezemo azab afite ibintu byose bikenerwa na muntu aho yavuze ko azaba afiteibibuga bya Siporo  Pisine zo kwongera  noi bindi byinshi byo kwinezezamo.

Nkuko icyo  kinyamakuru cyakomeje  kibivuga  uwo mujyi uzaba  uri  ku hegitari  ibihumbi n’ibihumbi aho abakozi  ba Amasosiyete ye yose  muri Texas bazabasha kuba kandi  banakoreramo.

Iyo mitungo yaguzwe byibuze iri hegitari 3.500 hafi ya Austin, raporo ivuga ko Elon Musk ari mu nzira yo gukorera mu mujyi witwa Snailbrook.

Mu mwaka  2020 Elon Musk yatangaje ko agiye  icyicaro gikuru cya Tesla n’inzu ye bwite avuye muri Californiya akerekeza muri Texas.

Mu 2022,  nibwo Tesla yafunguye uruganda rushya rwa Gigafactory muri Austin mu gihe SpaceX na Boring Co nazo zifite ibyicaro bishya  muri Texas.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul March 14, 2023 March 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Agakoni Entertainment yatumiye Young Grace gutaramira I Dubai

September 17, 2024
Imyidagaduro

Nasty C niwe uzaba umuhanzi mukuru mu gitaramo cya Davis D

October 14, 2024
Imyidagaduro

Bushali, Chris Eazy, Bwiza, Afrique na Niyo Bosco, bagiye gutaramira i Burera muri MTN Iwacu Muzika Festival 

September 19, 2023
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye

February 20, 2024
Imyidagaduro

Niyonzima Haruna yahishuye uko atarotaga kuba icyamamare mu mupira w’amaguru

November 1, 2024
Imikino

Cameroun :Fecafoot yatumije inama y’igitaranga nyuma y’ibibazo bya Eto’o Fils n’Umutoza Marc Brys

May 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?