SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Chriss Eazy yashyize hanze indirimbo Edeni ica agahigo ko kurebwa cyane mu masaha make
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Chriss Eazy yashyize hanze indirimbo Edeni ica agahigo ko kurebwa cyane mu masaha make
Imyidagaduro

Chriss Eazy yashyize hanze indirimbo Edeni ica agahigo ko kurebwa cyane mu masaha make

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 16, 2023
Share
SHARE

Umuhanzi Nsengimana Rukundo Christian uzwi nka Chriss Eazy umwe mu bahanzi nyarwanda bakomeje kugaragarizwa urukundo cyane n’abakunzi ba muzika nyarwanda kubera imitunganyirize y’amashusho ndetse n’imyandikire y’indirimbo ze yongeye kuzamura imbamutima za benshi nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo yaciye agahigo ko kuba imwe mu ndirimbo ze zimaze kurebwa cyane mu masaha 24 gusa imaze kurebwa n’abantu 144 ku rubuga rwa rwe rwa youtube.

Iyi ndirimbo Edeni ya Chriss Eazy igiye hanze mu gihe uyu muhanzi yari amaze iminsi ateguza abakunzi be ko agiye kubashyirira hanze indirimbo nziza kandi ikoze mu buryo badasanzwe bazi.

Giti Junior usanzwe ariwe ureberera inyungu ndetse akaba n’umujyanama wa Chriss Eazy yadutangarije ko iyi ndirimbo yagize hanze nyuma y’ukwezi kose itunganywa kuko bayikoreye mu bice bitandukanye by’u Rwanda no muri Uganda ibintu byabasabye ingufu aho amwe bayakoreye muri Kigali ahazwi nka Sunday Park hakunzwe no kwifashishwa n’abahanzi benshi kubera ubwiza bwabo .

Ku ruhande rwa Chriss Eazyy we yadutangarije ko iyi ndirimbo Edeni ifite ibisobanuro byinshi cyane ku bantu bakunda kandi atagiye kwicara nyuma yayo ahubwo ubu aricyo gihe cyo kwigaragaza mu ruhando rwa Muziki nyuma yo kubona ko abakunzi b’umuziki bakunze ibihangano bye .

Iyi ndirimbo Edeni ya Chris Eazy igaragaramo abasore n’inkumi beza cyane bamufasha mu mibyinire yayo ikaba yarakozwe mu buryo bw’amajwi na Element naho amashusho akorwa na Samy Switch usanzwe akorana na Chriss Eazy ayoborwa nawe ubwe .

Niragire Marie France yatorewe kuyobora Rwanda Film Federation
Kate Bashabe yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi
Abaraperi Diplomate B-Threy, Jay C na Fireman batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z comedy Show
Ibihembo bya Salax Awards bigiye kwongera gutangwa
Noopja nyuma yo kwegukana ibihembo muri Africa Music Academy yashyize hanze indirimbo ebyiri zishimira Perezida Kagame
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Play Pokies Australia

May 28, 2024

Online Bet Paypal

February 25, 2025

Best Ie Casino Welcome Bonuses

April 13, 2019
Imyidagaduro

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino

June 13, 2025

Internet Cafe Casino

May 28, 2024

Dolly Casino Bonus Code

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?