SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/11 at 12:47 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Leandre Niyomugabo wamenyekanye cyane  ubwo yari umunyamakuru  muri bimwe  mu binyamakuru bikomeye  hano mu Rwanda  nyuma yo guhagarika ako kazi agashinga  kompanyi yise World Star Entertainment [ WSE] ibarizwamo umuhanzi Kendo kuri ubu  yinjije  indi mpano nshya muri  Iyo nzu ifasha abahanzi akaba  ari umuhanzikazi  IVY .

Mu kiganiro kigufi yagiranye na Ahupa Radio Leandre  yadutagarije ko uyu mukobwa bamubonyemo ubushobozi biyemeza kumurika impano ye.

Yagize ati “Byagendeye ku kuba akunda umuziki kuko gushaka ari ugushobora dusanga nta mpamvu zo kumurenza ayo mahirwe.”

Nk’umujyanama w’abahanzi by’umwihariko ukora itangazamakuru avuga ko yifuza gushyira itafari mu kwagura umuziki no kuwugeza ku ruhando mpuzamahanga.

Ati “Bigeze aheza nanjye ndigutanga umuganda wanjye kugira ngo Muzika yacu igere ku rwego rwisumbuyeho.”

Leandre Avuga ko barajwe ishinga no gukora ubushabitsi mu muziki, by’umwihariko bitegura kumurika ibikorwa birimo inzu itunganya umuziki mu buryo bw’amajwi n’amashusho.

Ku ruhande rwa  Ivy we yadutangarije ko yiyumvisemo impano yo kuririmba akiri muto, gusa ngo ntiyiyumvishaga inzira bizanyuramo ngo abyereke Isi.

Ati “Ubwo nahuraga n’ubuyobozi bwa World Star Entertainment nahise numva ko byose bishoboka, mfite ingamba nyinshi n’imbaraga, nizeye ko abanyarwanda bazanshyigikira.”

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul January 11, 2023 January 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibirori bya abambaye umweru bya Zari byitabiriwe n’abanyamujyi benshi (Amafoto)

December 30, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi harimo na CG Emmanuel Gasana

September 27, 2023
Imyidagaduro

Chriss Eazy yageze muri Pologne mu gitaramo azahuriramo na Joeboy

April 25, 2025
Imikino

Umunyarwandakazi Tufaha Uwihoreye yasezerewe rugikubita mu mikino olempike

July 27, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yihanganishije abibasiwe n’ibiza

May 3, 2023
Imyidagaduro

Boys II Men bakiranywe urugwiro i Kigali

October 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?