SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 11, 2023
Share
SHARE

Leandre Niyomugabo wamenyekanye cyane  ubwo yari umunyamakuru  muri bimwe  mu binyamakuru bikomeye  hano mu Rwanda  nyuma yo guhagarika ako kazi agashinga  kompanyi yise World Star Entertainment [ WSE] ibarizwamo umuhanzi Kendo kuri ubu  yinjije  indi mpano nshya muri  Iyo nzu ifasha abahanzi akaba  ari umuhanzikazi  IVY .

Mu kiganiro kigufi yagiranye na Ahupa Radio Leandre  yadutagarije ko uyu mukobwa bamubonyemo ubushobozi biyemeza kumurika impano ye.

Yagize ati “Byagendeye ku kuba akunda umuziki kuko gushaka ari ugushobora dusanga nta mpamvu zo kumurenza ayo mahirwe.”

Nk’umujyanama w’abahanzi by’umwihariko ukora itangazamakuru avuga ko yifuza gushyira itafari mu kwagura umuziki no kuwugeza ku ruhando mpuzamahanga.

Ati “Bigeze aheza nanjye ndigutanga umuganda wanjye kugira ngo Muzika yacu igere ku rwego rwisumbuyeho.”

Leandre Avuga ko barajwe ishinga no gukora ubushabitsi mu muziki, by’umwihariko bitegura kumurika ibikorwa birimo inzu itunganya umuziki mu buryo bw’amajwi n’amashusho.

Ku ruhande rwa  Ivy we yadutangarije ko yiyumvisemo impano yo kuririmba akiri muto, gusa ngo ntiyiyumvishaga inzira bizanyuramo ngo abyereke Isi.

Ati “Ubwo nahuraga n’ubuyobozi bwa World Star Entertainment nahise numva ko byose bishoboka, mfite ingamba nyinshi n’imbaraga, nizeye ko abanyarwanda bazanshyigikira.”

 

 

 

 

 

 

 

Wizkid n’umukunzi we Jada P mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheture bwabo
Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko
Miss Muheto ashobora kwitabira Miss World 2023 izabera Dubai
Wamala Troy ushinjwa kwica Mozey Radio ubujurire bwe bwumviswe mu rukiko
Umukinnyi wa Filime Bahavu Janet yavuye mu bihembo bya Inganji Awards
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

New Winning Pokies 10 Free

September 5, 2023

Dublin Blackjack Electronic Casino

August 19, 2018

Ireland Slots

May 28, 2024

Gdansk Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

Crusade Quest Slot

May 28, 2024

Huff And Puff Slot Online

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?