SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Afurika y’Epfo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ikoranabuhanga > Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Afurika y’Epfo
Ikoranabuhanga

Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Afurika y’Epfo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/31 at 10:05 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko abantu 73 aribo bamaze kumenyekana ko baguye mu nkongi y’umuriro yibasiriye inyubako z’amacumbi mu Mujyi wa Johannesburg.

Ni mu gihe abagera kuri 40 bakomeretse bakaba bari gukurikiranwa n’abaganga nk’uko ubuyobozi bubitangaza.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Johannesburg buvuga ko hataramenyekana icyateye iyo nkongi yibasiriye inyubako y’amagorofa atanu.

Umuvugizi w’inzego z’ubutabazi bwihuse, Robert Mulaudzi, yavuze ko abazimya umuriro bashoboye gukuramo bamwe mu bari muri iyo nyubako.

Yavuze ko umuriro watwitse inyubako, kandi ko igikorwa cyo gushakisha abandi ko gikomeje.

Mulaudzi yabwiye igitangazamakuru ENCA cyo muri Afurika y’Epfo ati “Turimo kugenda igorofa ku igorofa tuhakura imirambo”.



Aa

Inkongi y’umuriro yahitanye abarenga 70 i Johannesburg

MURERWA DIANE31/08/2023 11:40



Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro

Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko abantu 73 aribo bamaze kumenyekana ko baguye mu nkongi y’umuriro yibasiriye inyubako z’amacumbi mu Mujyi wa Johannesburg.

Ni mu gihe abagera kuri 40 bakomeretse bakaba bari gukurikiranwa n’abaganga nk’uko ubuyobozi bubitangaza.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Johannesburg buvuga ko hataramenyekana icyateye iyo nkongi yibasiriye inyubako y’amagorofa atanu.

Umuvugizi w’inzego z’ubutabazi bwihuse, Robert Mulaudzi, yavuze ko abazimya umuriro bashoboye gukuramo bamwe mu bari muri iyo nyubako.

Yavuze ko umuriro watwitse inyubako, kandi ko igikorwa cyo gushakisha abandi bapfuye gikomeje.

Mulaudzi yabwiye igitangazamakuru ENCA cyo muri Afurika y’Epfo ati “Turimo kugenda igorofa ku igorofa tuhakura imirambo”.

Amafoto y’aho byabereye yerekanye imirambo itwikiriye yashyizwe ku murongo, iruhande rw’iyo nyubako yahiye.

Amakuru yo mu bitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo avuga ko abari bari muri iyo nyubako bari biganjemo abimukira bava mu bindi bihugu byo muri Afurika.

You Might Also Like

Skol na Orion BBC biyemeje gutera ibiti 6000 mu bukangurambaga bwa OneShootOneTree

Umupfumu Salongo agiye gusezerana n’umukunzi we Joselyne

Emir wa Qatar yatanze u Rwanda ho umugabo w’uko Demokarasi Mvaburayi idakora hose

Perezida Kagame yashimye abanya-Kenya ku ihererekanya ry’ubutegetsi ryakozwe mu mahoro

Nsanzabera Jean Paul August 31, 2023 August 31, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Miss Uwera Ricky Tricia wabaye Miss Popularity w’u Burundi 2023 akomeje intego ze.

January 20, 2024
Andi makuru

Musambira :Batatu bakomerekeye mu mpanuka ikomeye

January 14, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe

July 31, 2023
Imyidagaduro

Urubanza rw’umubyinnyi Tity Brown rwongeye gusubikwa

February 8, 2023
Imyidagaduro

Massamba Intore Bwiza ,King James na Kenny soory bishimiwe n’abagande mu gitaramo cyateguwe n Gen Muhoozi(Amafoto )

April 20, 2023
Andi makuru

Perezida Joe Biden yatumiye Donald Trump muri white house

November 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?