SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Imyidagaduro

Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/17 at 5:39 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma yaho kompanyi ya East African Promoters itangarije ko iri gutegura igitaramo Cy’Itsinda y’ibihe byose rya Boys II Men I Kigali mu Rwanda abantu barabyishimiye cyane ndetse basaba ko amatike yatangira kugurishwa hakiri kare.

Mu masaha make ashize nibwo East African Promoters bashyize hanze ibiciro byo kwitabira Icyo gitaramo kizabera muri BK ARENA.bivugisha abantu batari bakeya ku mbuga nkoranyambaga.

amatike yashyizwe mu byiciro bitatu, iya make yashyizwe ku bihumbi 50 Frw mu gihe iyikurikira izaba igura ibihumbi 75 Frw naho iya menshi ikazaba ihagaze ibihumbi 100 Frw.

Iki ni kimwe mu bitaramo bihenze mu byateguriwe mu Rwanda cyane ko atari kenshi wabona itike iri ku giciro nk’iki, bikumvikanisha ubushongore n’ubukaka bw’itsinda rya ’Boys II men’ rizaba risusurutsa abakunzi b’umuziki.

Ku rundi ruhande ariko umuntu uzagura itike yo kwinjira muri iki gitaramo yifashishije ikarita ya ‘BK Arena Prepaid card’ azajya ahita ahabwa igabanyirizwa cya 30% ry’igiciro cya buri tike.

Byitezwe ko igitaramo cy’itsinda ’Boys II Men’ kizabera muri BK Arena ku wa 28 Ukwakira 2023.

P

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul August 17, 2023 August 9, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

#Kwibuka 31 :Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere

April 8, 2025
Imikino

Real Madrid yegukanye Igikombe cya 15 cya UEFA Champions League

June 2, 2024
Ubuzima

Ubuyobozi bwa Dr Alfred Paul Jahn Foundation bwashyikirije imiryango170 inkunga y’ibiryo n’ibikoresho by’isuku (Amafoto)

October 3, 2024
Andi makuru

Dosiye ya CG (rtd) Emmanuel Gasana yagejejwe mu rukiko

November 7, 2023
Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda yatangiye kugeza ku banyarwanda telefone zifite internet inyaruka (Amafoto)

October 16, 2023
Imyidagaduro

P Diddy yashimangiyeko yishyura 5000$ Sting kubera indirimbo ye ‘Every Breath You Take’

April 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?