SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Imyidagaduro

Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/17 at 5:39 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma yaho kompanyi ya East African Promoters itangarije ko iri gutegura igitaramo Cy’Itsinda y’ibihe byose rya Boys II Men I Kigali mu Rwanda abantu barabyishimiye cyane ndetse basaba ko amatike yatangira kugurishwa hakiri kare.

Mu masaha make ashize nibwo East African Promoters bashyize hanze ibiciro byo kwitabira Icyo gitaramo kizabera muri BK ARENA.bivugisha abantu batari bakeya ku mbuga nkoranyambaga.

amatike yashyizwe mu byiciro bitatu, iya make yashyizwe ku bihumbi 50 Frw mu gihe iyikurikira izaba igura ibihumbi 75 Frw naho iya menshi ikazaba ihagaze ibihumbi 100 Frw.

Iki ni kimwe mu bitaramo bihenze mu byateguriwe mu Rwanda cyane ko atari kenshi wabona itike iri ku giciro nk’iki, bikumvikanisha ubushongore n’ubukaka bw’itsinda rya ’Boys II men’ rizaba risusurutsa abakunzi b’umuziki.

Ku rundi ruhande ariko umuntu uzagura itike yo kwinjira muri iki gitaramo yifashishije ikarita ya ‘BK Arena Prepaid card’ azajya ahita ahabwa igabanyirizwa cya 30% ry’igiciro cya buri tike.

Byitezwe ko igitaramo cy’itsinda ’Boys II Men’ kizabera muri BK Arena ku wa 28 Ukwakira 2023.

P

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul August 17, 2023 August 9, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Tshisekedi yitabiriye inama ya Comesa i Burundi

October 31, 2024
Imikino

Amakipe azahura na APR FC muri CAF Champions League yamenyekanye

July 25, 2023
Andi makuru

RDC :Umutwe wa M23 wigaruriye umupaka wa Kamanyola

February 19, 2025
Imyidagaduro

Tom Close yagiranye amasezerano na Zacu Tv yo kumukorera Filime ye

August 23, 2023
Ubukungu

uruganda rw’Amata y’ifu rwa Inyange Industries rwatashywe ku mugaragaro

July 25, 2024
Imikino

Sitting Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yatangiye neza Shampiyona Nyafurika

January 31, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?