SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Imyidagaduro

Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: August 9, 2023
Share
SHARE

Nyuma yaho kompanyi ya East African Promoters itangarije ko iri gutegura igitaramo Cy’Itsinda y’ibihe byose rya Boys II Men I Kigali mu Rwanda abantu barabyishimiye cyane ndetse basaba ko amatike yatangira kugurishwa hakiri kare.

Mu masaha make ashize nibwo East African Promoters bashyize hanze ibiciro byo kwitabira Icyo gitaramo kizabera muri BK ARENA.bivugisha abantu batari bakeya ku mbuga nkoranyambaga.

amatike yashyizwe mu byiciro bitatu, iya make yashyizwe ku bihumbi 50 Frw mu gihe iyikurikira izaba igura ibihumbi 75 Frw naho iya menshi ikazaba ihagaze ibihumbi 100 Frw.

Iki ni kimwe mu bitaramo bihenze mu byateguriwe mu Rwanda cyane ko atari kenshi wabona itike iri ku giciro nk’iki, bikumvikanisha ubushongore n’ubukaka bw’itsinda rya ’Boys II men’ rizaba risusurutsa abakunzi b’umuziki.

Ku rundi ruhande ariko umuntu uzagura itike yo kwinjira muri iki gitaramo yifashishije ikarita ya ‘BK Arena Prepaid card’ azajya ahita ahabwa igabanyirizwa cya 30% ry’igiciro cya buri tike.

Byitezwe ko igitaramo cy’itsinda ’Boys II Men’ kizabera muri BK Arena ku wa 28 Ukwakira 2023.

P

Umuhanzi Big Eye yatangaje ko azongera kwemera akazi umwaka utaha kubera Bobi Wine
Abahanzi Bushali, Ariel Wayz, Ruti Joel, Chriss Eazy bazataramira abazitabira ibirori bya Kigali Protocal
Abazitabira igitaramo cy’Amore Valentine’s kizaririmbamo Kidumu bashyizwe igorora
Safi yinjiye muri sinema ahera muyi icyamamare Mary J Blige
Abagize Itorero Ishyaka ry’intore bakiriwe na Minisitiri Dr. Utumatwishima
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Current Regulations For Playing Pokies In Australia

September 5, 2023

Magicjackpot Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

Bonza Spins 311

May 28, 2024

Pokie Real Money

May 28, 2024

Highroller Download Link

May 28, 2024

Earn Money Online Fast Paypal Australia

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?