SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres
Imyidagaduro

Christopher yatumiwe mu gitaramo azahuriramo na Fik Fameica I Londres

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published May 24, 2023
Share
SHARE

Nyuma yo kuzenguruka ibihugu bitandukanye by’i Burayi, Christopher yongeye gusubira kuri uyu mugabane aho agiye gutaramira i Londres mu gitaramo azahuriramo n’abahanzi bakomeye biganjemo abo muri Uganda.

Ni igitaramo gitegerejwe ku wa 27 Gicurasi 2023, aho uretse Christopher watumiwe, hazanataramira abandi bahanzi nka Sheila Gashumba, B2C, Fik Fameica, Rickman na Daddy Andre.

Itike ya make yo kwinjira muri iki gitaramo izaba ari amayero 35 (arenga ibihumbi 35Frw) mu gihe ameza y’abantu 10 azaba agura amayero 600.

Christopher yagaragaje amarangamutima menshi maze avuga ko yishimiye kwitabira iki gitaramo cyane ko yari amaze igihe abona ubusabe bw’abakunzi b’umuziki we bo mu Bwongereza, bamusaba kuzabataramira.

Ati “Hari abantu benshi bari bamaze igihe bansaba kuzabataramira mu Bwongereza, nibaza ko iki gitaramo ari igisubizo kuri bo, ndabasaba kuzitabira ari benshi tugataramana.”

Christopher agiye gutaramira mu Bwongereza nyuma yo kuva mu Bubiligi no mu Bufaransa, aho yakoreye ibitaramo mu minsi ishize.

 

 

You Might Also Like

Umuhanzi Kevin Montana arashinja Ish Kevin Ubuhemu

Dj Rusam n’umukunzi we Alex Tlex basezeranye imbere y’amategeko

Miss Uwase Raissa Vanessa yasabwe anakobwa n’umukunzi we Ngenzi Dylan (Amafoto)

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Nsanzabera Jean Paul May 24, 2023 May 24, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Princess Cici wabaye Miss Supranational Rwanda 2022 yambitswe impeta

March 17, 2025
Imyidagaduro

Koffi Olomide yahamagajwe mu bushinjacyaha

July 13, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yashimiye Donald Trump watorewe kuba Perezida wa 47 wa Amerika

November 6, 2024
Imyidagaduro

Konti ya Kanye West yakuwe ku rubuga rwa X

February 10, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzi Toby Keith yitabye Imana azize Kanseri

February 7, 2024
Imikino

Patrice Evra yakatiwe igihano cy’igifungo gisubitse cy’amezi 12

July 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?