SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Imyidagaduro

Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/28 at 2:45 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu minsi ishize mu itangazamakuru ritandukanye hagiye humvikanano amakuru avuga ko mu rugo rwa  Rutahizamu wa Al Nassr  Cristiano na  Georgina Rodriguez  ibintu bitifashe neza mu rukundo rwa rwabo .

Nyuma y’uko ao makuru akomeje kuvugwa cyane ariko abo bombi ntibagire icyo bavuga kubibavugwa, Uyu munyamideli uri mu bakunzwe cyane  kw’isi Georigina Rodriguez we  yafashe iy ambere agira  icyo atangaza kugira akureho amzimwe ari kubavugwaho .

Georgina Rodriguez, mu buryo bwe bwite, yagize icyo avuga ku bihuha bimaze iminsi bivugwa, bikavuga ko uyu munyamideri  n’umukunzi we Cristiano Ronaldo, ruri kurara rushya bwacya rukazima.

Uyu mugore yitabaje amagambo yo mu ndirimbo ‘Si yo muero’ ya Romeo Santos, agira ati: “Umunyeshyari ahimba ibihuha, umunyamazimwe akabikwirakwiza kandi umuswa arabyemera”.

Georgina ntabwo yigeze ahakana amakuru ayo ari yo yose ku mbuga nkoranyambaga ze.

Ariko, kuriyi nshuro, ibihuha bimaze gukomera cyane bivuga ko uyu mugore akunze kurwanya ibintu byose bitangazwa ku bijyanye n’umubano we n’umukinnyi wa Portugal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia.

 

 

You Might Also Like

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Nsanzabera Jean Paul April 28, 2023 April 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Umuvugizi wa RIB yaburiye abakoresha Urubuga rwa Whatsapp

June 5, 2024
Imyidagaduro

Uganda : Umunyarwenya Sam Okanya yagizwe umwere nyuma y’amezi mu gihome

November 27, 2024
Imikino

Manishimwe Djabel yerekeje muri Iraq

February 4, 2024
Andi makuru

Rond Point yahoze ari iya Mtn kimihurura yasenywe

January 10, 2025
Imyidagaduro

Shakira yabonye inzu yo kubamo ku kirwa cya (Fisher Island) muri Miami

April 27, 2023
Imyidagaduro

Juno Kizigenza na Kevin Kade bishimiwe n’abitabiriye ibirori byo kumurika Skol Malt nshya Nshya muri kigali Universe

November 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?