SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka
Imyidagaduro

Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/27 at 3:14 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’umwaka umwe General Muhoozi Kaineruga akoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 cyabereye I Kampala bikitabirwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uyu mugabo yongeye gutegura ikindi gitaramo cyo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko yise”Border Opening Thanksgivings Rukundo Egumeho’ concert 2023″

abahanzi Intore Massamba, Kenny Sol na Bwiza bari mu bahanzi bo mu Rwanda bazataramira abazitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni witegura kuzuza imyaka 49.

Ni igitaramo uyu mugabo yise ’Rukundo Egumeho’ aho mu butumwa yatambukije ku rukuta rwa Twitter yatangaje abarimo Jose Chameleone na Bebe Cool.
Abandi bahanzi ni Azawi, Ray G, Vinka, Eddy Kenzo, Spice Diana n’abandi.

Kizaba ku wa 19 Mata 2023 ku kibuga cy’umupira cy’ishuri rya Kigezi mu Karere ka Kabale mu Burengerazuba bwa Uganda.Kwinjira bizaba ari ubuntu.

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Chris Brown yaterewe muri yombi i Londres

The Ben na Kevin Kade bakiranywe urugwiro n’abakunzi babo i Kampala (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul March 27, 2023 March 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake

August 9, 2023
Imyidagaduro

Iby’Urukundo Harmonize na Poshy Queen byageze ku iherezo

October 10, 2024
Imyidagaduro

Taylor Swift yahigitse Rihanna ku mwanya w’abahanzikazi batunze agatubutse muri muzika

October 22, 2024
Utuntu n'utundi

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’intebe w’ubwongereza yagurishije inzu ye iri Londre .

November 3, 2023
Iyobokamana

#Kwibuka31 : Cardinal Kambanda yanenze amahanga ararikiye inyungu aho gukura isomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Adele yatangaje ko agiye guhagarika kuririmba

September 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?