SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal
Andi makuru

Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/22 at 9:39 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi  wo mu gihugu cy’Ubwongereza Ed Sheeran yiyemeje kutazongera kunywa ibiyobyabwenge kuko byaba ari ‘agasuzuguro mu  kwibuka nyakwigendera Pal Jamal Edwards.

Jamal  wari umaze kumenyekana cyane mu gutunganya umuziki akaba n’umuhungu w’icyamamare muri Loose Women, Brenda Edwards, yapfuye mu buryo bubabaje nyuma yo gufatwa n’umutima bitewe kunywa kokayine n’inzoga nyinshi mu mwaka wa 2022 aho yari afite  imyaka  31 y’amavuko .

Mu  kiganiro n’Ikinyamakuru  Rolling Stone  Ed Sheeran  yagaragaje uburyo urupfu rwa  Jamal rwamuizeo  ingaruka nyinshi ndetse anasibanura  urugero yakoresheje ibiyobyabwenge byinshi  nyuma y’urupfu  gusa yavuze ko mu rwego rwo guha icyubahiro  Jamal nta kiyobabwenge azongera  gukoresha .

Muri icyo kiganiro cyuzuyemo amarangamutima menshi cyane n’ubunyangamugayo Ed Sheeran yavuze uburyo amezi  icumi nyuma y’urupfu  rwa  Jamal  Pal yanyweye inzoga nyinshi n’ibiyobyabwenge ku buryo byageze aho atana  n’umugore we n’abana be  Lyra w’imyaka  2  na  Jupiter w’amezi 10

Yabisobanuye agira ati: ‘Nahoraga nywa inzoga ariko  ntabwo nigeze nkora ku bwoko ubwo aribwo bwose, ibiyobyabwenge, kugeza mfite imyaka 24 .

Yiyemereye ko yakoresheje ibintu ‘bike’ ariko yanga kubivuga amazina kubera gutinya ko umunsi umwe abana be bazabisoma.

 

Ed Sheeran yatangaje ko ibiyobyabwenge byatumye atanduka n’umugore we n’abana be babiri
Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal
Pal Jamal Edwards yari umuhanga mu gutunganya umuziki yishwe n’urumogi ku myaka 31                                                                                                                                                                           

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul March 22, 2023 March 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Gisupusupu na Nyirarukundo bakeje Perezida Kagame mu ndirimbo bise ikipe Itsinda (Video )

June 18, 2024
Andi makuru

Twitter yatangiye gusubiza Blue Tick Abafite ababakurikira miliyoni

April 24, 2023
Andi makuru

U Bubiligi bwohereje abakomando500 mu burasirazuba bwa DRC

March 24, 2025

Burna Boy yateguje igitaramo muri Kenya Umwaka utaha

December 11, 2024
Andi makuru

Intambara y’amagabo hagati ya Elon Musk na Julius Malema ikomeje gufata indi ntera

February 10, 2025
Andi makuru

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yongeye guhurira na mugenzi we wa Rdc i Luanda muri Angola

August 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?