SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny
Imyidagaduro

Star Boy wamenyekanye mu kwambika ibyamamare agiye kurushinga n’umukunzi we Fanny

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/28 at 2:03 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Muri iyi minsi  mu ruganda rwa muzika ndetse no mu buzima bwa buri munsi hasigaye hari umuco mwiza wo kwambara neza ndetse  no kuba aho umuntu  yasohokera  buri gihe asa neza  ibyo byose nta muntu ujya abigeraho  adafite  umuntu umwambika  adafite ubimukorera  abazwi nka ba Designer cyangwa  Fashionist .

Muri abo muri iyi minsi mu Rwanda  mu ruganda rwa Muzika iyo  uvuze Nshimiyimana  Emmy  umaze kumenyekana cyane nka  Star Boy ni umwe  mu bamaze kubaka izina mu kwambika ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda ,Uyu musore mu mpera z’ukwezi gushize nibwo yateye  ivi asaba anambika impeta umukunzi we Uwineza Fanny amusaba ko yazamubera  umufasha  ubuzima bwabo  bwose .

Amakuru dukesha  bamwe mu nshuti za hafi za  Star Boy na Fanny  zatubwiye  ko  uwo muhango wabaye ku tariki ya 2 Ukwakira  2022 umuhango wari witabiriwe na bamwe mu nshuti zabo nk’umunyamakuru Papy Valens Ndahiro ,abahanzi  Mukadhaffi ,Jay C nabo mu miryango yabo bombi .

Nyuma  y’amezi  agera kuri ane  aba bombi bemeranyije  kuzabana  akaramata  ku tariki ya  28 Gashyantare  2023  Star  Boy na Fanny  nibwo bagiye imbere y’amategeko nk ‘umugabo n’umugore .

Biteganyijwe ko aba bombi  imihango y’ubukwe  bwabo  izaba muri uku kwezi kwa  Gatatu aho tariki ya 12 Werurwe  2023  hazaba umuhango wo gusaba no gukwa ukazabera  mu karere ka Rusizi  ahazwi nka Vive  Hotel  , naho  gusezerana imbere y’Imana bikaba tariki ya 18 Werurwe 2023 muri ADEPR Nyarugenge   nyuma batumiwe bakazakiririrwa muri Ahava  River Kicukiro .

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul February 28, 2023 February 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

#Kwibuka31 : Tariki ya 10 Mata 1994 Abatutsi biciwe muri Kiliziya ya Gahanga

April 10, 2025
Imikino

#Kwibuka31: BAL yifatanyije n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ‎1994

April 9, 2025
Imyidagaduro

Kigali Auto Show igiye kwongera kuba ku nshuro ya 2

July 11, 2024
Imyidagaduro

KTY Crew yegukanye irushanwa ry’‘Urutozi Dance Challenge ihembwa Miliyoni 1 na 300

December 30, 2024
Imyidagaduro

Rema yanyomoje amakuru avuga ko asenga Satani

March 17, 2025
Imyidagaduro

Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)

March 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?