SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye
Andi makuruImyidagaduro

Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/22 at 4:20 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umushabitsi ndetse akaba n’umwe mu bakobwa bakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo yashimangiye  ko ibirori yateguye  I Rubavu mu mpera z’iki cyumweru yise “ Shaddy Boo New Vista “ bizabera  mu kabyiniro kitwa New Vista bivugwa ko ari akuyu  mukobwa .

Ibi  yabishimnagiye nyuma y’ibyabaye ku munsi w’ejo ku wa kabir tariki ya 21 Gashyantare 2023 aho  abamufasha muri  iki gitaramo bari bateguye  ikiganiro n’itangazamakuru ariko kikaza gutinda kuba gutangira kugeza kw’isaha ya saa kumi n’igice ibintu benshi mu banyamakuru batishimiye n’ubwo Uyu mukobwa yaje kuza  ikiganiro kiratangira ariko hazakuzamo ukutumvikna neza hagati y’abategura  n’abanyamakuru maze Shaddy Boo ababwira ko icyo  kiganiro atagikora mu gihe batabashije kumvikana  kugira basobanure icyabateye gukerererwa ndetse n’uko imyiteguro y’ibyo birori imeze .

Nyuma  y’ibyo byose  mu kiganiro  kihariye yagiranye na Ahupa Visual Radio w yashimangiye ko ibirori yise ‘Shaddyboo New Vista’ ari  ibirori bikomeye bizaba birimo abahanzi n’aba DJ, bizamara iminsi ibiri abantu badakwiye gucikwa.”

Akomeza vuga ko uzaba ari umwanya mwiza kubakundana no kwishimana nawe, ati “Azaba ari umunsi ukomeye n’abakundana bazakomeza gukundanira mu bwato, ikindi kandi nanjye ubwanjye nzaba mpari.”

Ku kirebana niba azaserukana n’umukunzi we dore, ko mu mpamvu yatumye ibi birori bitegurwa harimo no gukomeza gufasha abantu kwizihiza ukwezi kwa Saint Valentin;

Shaddyboo yagize ati “Uriya munsi nzaba nta mukunzi mfite nzongera kumugira nyuma, gusa ntibivuze ko ntari mu rukundo hatazagira uzashaka kumvangira.”

Yaboneyeho kandi umwanya agira inama abantu by’umwihariko abari n’abategarugori, agira ati “Kora icyo ukunda kandi ushaka amafaranga.”

Shaddyboo, umunyamideli umaze igihe kinini mu ruganda rw’imyidagaduro,  afite ihame rikomeye, ko ikintu kitakwinjiriza utagakwiye kugitaho umwanya.

Biteganyijwe ko Kuwa 25 na 26 Gashyantare 2023 aribwo  Shaddyboo azishimana n’abakunda ubuzima bwo ku mazi i Rubavu, aho yavuze ko agiye kugira mu rugo akahakorera byinshi bitandukanye.

Yasoje avuga ko n’ubwo ubufatanye bukiri hasi my myidagaduro ariko cyane ishingiye ku muziki n’umuziki muri rusange umaze kugera kure.

Mu bitezweho kuzashyigikira Shaddyboo harimo umuhanzikazi Momolava na DJ Phil Peter umaze kuba ubukombe mu itangazamakuru, umuziki no kuwuvanga.

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul February 22, 2023 February 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yasabwe anakobwa n’umukunzi we Michael Tesfay (Amafoto)

December 29, 2024
Imikino

Basketball: Ikipe ya APR BBC yisanze mu itsinda rimwe na US Monastir!

January 11, 2024
Imyidagaduro

Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi

November 17, 2023
Imyidagaduro

Massamba yitabiriye ihuriro rizahuza urubyiruko rw’abanyarwanda muri Canada

November 21, 2023
Andi makuru

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

May 30, 2025
Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

December 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?