Umucuranzikazi wo mu gihugu cya Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy kenzo yongeye gushimangira ko akunda cyane Umugabo we Dr Hamza Sebunya kandi adaterwa isoni no kubivuga .
Ibi uyu mugore yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru aho yashimangiye ko umukunzi we Hamza amuha uburenganzira n’ubwisanzure atigeze abona mu buzima bwe bwose
Ati: “Hamza yampaye uburambe bw’urukundo ntari narigeze mbona. Niwe muntu uvuga ko ukiri muto ineza genda wishimire mu kabyiniro ka Gorvenor Club. Mumbwize ukuri ni uwuhe mugabo wabikubwira auri umugore we , ndamuramya cyane”.
Rema akomeza avuga ko Hamza akora ibishoboka byose kugira ngo umukobwa we, Aamaal Musuuza yabyaranye na Eddy Kenzo bahoze bakundana yishimira kumuha urukundo rwa kibyeyi nubwo atari umukobwa we.