SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68
Andi makuru

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/06/05 at 3:07 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Edgar  Lungu wahoze ari Perezida wa  Zambia  Edgar Lungu yitabye Imana kuri uyu kane ku myaka 68 aguye mu bitaro  muri Afurika y’epfo nkuko  ishyaka rye  ryabitangaje

Lungu wayoboye iki gihugu cya zambiya giherereye  mu majyepfo ya Afurika  hagati ya 2015 na 2021 ubwo  yatsindwaga mu matora na Perezida  Hakaide Hichilema uyobora iki  gihugu ubu

Uyu  muyobozi yitabye  Imana  kuri uyu wa kane  tariki  ya 5 Kamena 2025 aho yahabwaga  ubuvuzi mu bitaro byo  muri Afurika y’Epfo nku

Amashusho  yashyizwe  ku rubuga  rwa Facebook n’ishyaka Patriotic Front ,Umukobwa wa  Lungu witwa  Maila Lungu  akaba n’umwe mu badepite bagize inteko ishinga amategeko niwe watangaje urupfu rwa se .

Yagize ati”Data  …yari amaze iminsi amaze igihe  yitabwaho mu byumweru  bishize  ariko  yirinze kuvuga  icyo  umubyeyi we yari arwaye.

Lungu yagiye  ku butegetsi  muri 2015  nyuma  y’urupfu rw’uwari Perezida wa Zambiya  Micahel Sata ariko yaje  gutsinda  amatora  muri kanama 2016  kugeza muri  2021

Mbere  y’uko aba Pereiza Edgar Lungu yabaye Avoka  aho yaje kuba  na Minisitiri wíngabo wa Zambia

Nyuma  yo  gutsindwa mu matora yo  muri 2021 Lungu  yagiye mu  kiruhuko  cy’izabukuru ariko  mu mwaka wa 2023 yongeye kugaruka mu kibuga cya Politiki aho  yongeye kwemerwa  nk’umukandidawa Perezida ahagarariye  ishyaka  Patriotic Front .

Nubwo  yemewe nk’umukandida mu kuboza umwaka ushize  urukiko  r’itegeko nshinga  rwa Zambia  rwatangaje ko atemerewe kongera kwiyamamariza kuyobora icyo  gihugu

 

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu bo mu Rwanda umunsi mwiza wa Eid AL Adha

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi mukuru wa Eid Al Adha

Hazima uwatse hagati ya Donald Trump na Elon Musk ibintu bikomeje kujya irudubi

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Nsanzabera Jean Paul June 5, 2025 June 5, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Wamala Troy ushinjwa kwica Mozey Radio ubujurire bwe bwumviswe mu rukiko

April 3, 2025
Andi makuru

Musambira :Batatu bakomerekeye mu mpanuka ikomeye

January 14, 2025
Imyidagaduro

Miss Igisabo yashyize hanze impapuro z’ubukwe bwe

June 26, 2024
Andi makuru

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya

April 24, 2025
Imyidagaduro

Bushali yapfushije Mama we

January 15, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yavuze ko agiye guhagurukira abashyize imbere ruswa n’amarozi mu mupira w’u Rwanda,

July 4, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?