SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye
Imyidagaduro

Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye

Gossip Kigali
Last updated: 2025/05/23 at 10:37 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi Jennifer Lopez, yajyanywe mu nkiko n’ikigo cy’abafotora kizwi nka Blackgrid, kimushinja kuba yarashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye bwite, atabifitiye uburenganzira.

Nk’uko BBC yabitangaje, ayo mafoto yafashwe muri Mutarama 2024 ubwo Jennifer Lopez yari yitabiriye ibirori byabereye muri Château Marmont, imwe muri hoteli zizwi cyane i Hollywood, ku munsi wabanjirije itangwa ry’ibihembo bya Golden Globes.

Uyu muhanzikazi wari wambaye imyenda myiza y’umweru ubwo yanyuraga ku itapi itukura, yahise afatwa amafoto n’umwe mu bafotozi babigize umwuga wa sosiyete ya Blackgrid.

Aya mafoto Jennifer Lopez yayashyize ku rubuga rwe rwa Instagram ye ndetse kugeza n’ubu aracyahagaragara.

Nubwo ari we uri ku mafoto, abamureze bavuga ko Lopez atari yemerewe kuyasangiza rubanda, kuko atigeze yishyura cyangwa ngo asabe uruhushya rw’uburenganzira bwo kuyakoresha.

Blackgrid yasabye urukiko rwo muri Leta ya California ko Jennifer Lopez yatanga indishyi ingana na 150.000$ kuri buri foto yashyize ku mbuga nkoranyambaga.

Iyi si inshuro ya mbere ibyamamare biregwa n’abafotora bashaka indishyi. Mu byamamare byigeze kujyanwa mu nkiko ku mpamvu nk’izi harimo umuhanzikazi Dua Lipa, abanyamideli nka Gigi Hadid na Khloé Kardashian.

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

Jose Chameleon yageze I Kigali aherekejwe na Teta Sandra yanga kuganira n’itangazamakuru

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

Gossip Kigali May 23, 2025 May 23, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Nifuje gukorera igitaramo mu Rwanda kuko ni mu rugo ;Umuramyi Bigirimana Fortran

January 12, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yitabiriye Inama Muri Cuba

September 15, 2023
Iyobokamana

Ishimwe Josh yahembuye Imitima ya benshi bitabiriye igitaramo yise ibisingizo bya Nyiribiremwa (Amafoto)

August 21, 2023
Imyidagaduro

Safi yinjiye muri sinema ahera muyi icyamamare Mary J Blige

June 7, 2023
Andi makuru

Inama ya Guverinoma yemeje izamurwa ry’umusoro ku nzoga n’itabi

February 10, 2025
Imyidagaduro

Fine Media yashyize hanze indirimbo yahurijemo ibyamamare yise Abachou

January 28, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?