SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Imyidagaduro

Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/22 at 1:27 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi wa filime nyarwanda, Alliah Cool ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kongera guhura n’umuvandimwe we bari bamaze imyaka 18 batabonana.

Uyu muvandimwe we yitwa Colonel Kabaka, ariko azwi mu muryango wabo nka Kagiraneza, ni umwe mu ngabo z’umutwe wa M23.

Aliah Cool yavuze ko bahuriye i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari kumwe na nyina, bakaba baragiye kumusura.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Aliah Cool yavuze ko guhura n’umuvandimwe we nyuma y’imyaka myinshi baratandukanye byamuzaniye amarangamutima akomeye n’umunezero udasanzwe.

Ati: “Hari hashize imyaka 18 tutamubona ni musaza wanjye amperuka ndakana none ubu nanjye nabaye umubyeyi, ejo nakoreye maman surprise agiye kubona abona imyenda aha twari turi nimuri Congo i Goma. Imana ninziza. Colonel Kabaka niko yitwa gusa twe mu rugo tumwita Kagiraneza #m23.”

Iyi nkuru yakiranywe urugwiro n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamwifurije ibyishimo n’umubano mwiza n’umuryango we.

Umutwe wa M23 Colonel Kabaka abarizwamo ni umutwe witwaje intwaro ukorera mu burasirazuba bwa Congo, umaze imyaka myinshi uhanganye na Leta ya Congo.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 22, 2025 April 22, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Umuramyi Fortran Bigirimana agiye gukorera igitaramo I Bruxelles

August 7, 2024
Andi makuru

Undi munyarwanda yakubitiwe ahareba inzega mu mikino olempike i Paris

July 28, 2024
Iyobokamana

Chorale De Kigali irizeza abakristu ibyiza mu Gitaramo cya Christmas Carols

November 14, 2023
Andi makuru

Abayobozi bashya ba Rayon Sport bagiranye ibiganiro na nyiri Uruganda rwa Skol

November 20, 2024
Imikino

Patrice Evra yakatiwe igihano cy’igifungo gisubitse cy’amezi 12

July 13, 2024
Imikino

Rwanda Premier League yasinyanye amasezerano na StarTimes!

December 7, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?