SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Imyidagaduro

Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/22 at 1:27 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi wa filime nyarwanda, Alliah Cool ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kongera guhura n’umuvandimwe we bari bamaze imyaka 18 batabonana.

Uyu muvandimwe we yitwa Colonel Kabaka, ariko azwi mu muryango wabo nka Kagiraneza, ni umwe mu ngabo z’umutwe wa M23.

Aliah Cool yavuze ko bahuriye i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari kumwe na nyina, bakaba baragiye kumusura.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Aliah Cool yavuze ko guhura n’umuvandimwe we nyuma y’imyaka myinshi baratandukanye byamuzaniye amarangamutima akomeye n’umunezero udasanzwe.

Ati: “Hari hashize imyaka 18 tutamubona ni musaza wanjye amperuka ndakana none ubu nanjye nabaye umubyeyi, ejo nakoreye maman surprise agiye kubona abona imyenda aha twari turi nimuri Congo i Goma. Imana ninziza. Colonel Kabaka niko yitwa gusa twe mu rugo tumwita Kagiraneza #m23.”

Iyi nkuru yakiranywe urugwiro n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamwifurije ibyishimo n’umubano mwiza n’umuryango we.

Umutwe wa M23 Colonel Kabaka abarizwamo ni umutwe witwaje intwaro ukorera mu burasirazuba bwa Congo, umaze imyaka myinshi uhanganye na Leta ya Congo.

 

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul April 22, 2025 April 22, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Aime Uwimana na Prosper Nkomezi batumiwe mu gitaramo cya Cross Over 2024 cyateguwe na Zion Temple

December 21, 2023
Andi makuru

Umuyobozi w’abarwanyi ba Wagner yavuze ko bagiye kuva mu gace ka Bakhmut Muri Ukraine

May 5, 2023
Iyobokamana

Pastor Ezra Mpyisi yavuzwe imyato mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima

January 31, 2024
Andi makuru

Gen Kainerugaba yahishuye ko muri 2026 bazakuraho itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina

January 3, 2025
Andi makuru

Umuraperi Kendrick Lamar ategerejwe i kigali mu bitaramo cyiswe Move Afrika: Rwanda”

November 3, 2023
Imyidagaduro

The Ben yiyongereye mu ndirimbo Folomiana ya Kevin Kade na Chriss Eazy

April 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?