SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko
Imyidagaduro

Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 30, 2025
Share
SHARE

 Umuririmbyi Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner barashinjwa ibyaha by’ubuhemu n’uburiganya, bishobora gutuma bafungwa imyaka igera kuri 20.

Sean Kingston yatawe muri yombi muri Gicurasi 2024 muri Leta ya California, nyuma y’uko yari yarashinjwe n’isosiyete y’ikoranabuhanga kumwambura amafaranga menshi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Polisi yatangaje ko uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha 10, birimo ubujura, uburiganya, kwiyoberanya agamije gukwepa inshingano, ndetse no gucuruza ibintu byibwe.

Bivugwa ko Sean Kingston yanyereje asaga ibihumbi 50 by’amadolari ($50,000), ndetse hari ibirego by’ubujura burengeje ibihumbi 100 by’amadolari ($100,000).

Mu byaha akurikiranyweho, harimo no gukoresha sheki itazigamiye ifite agaciro ka $44,000, bikekwa ko umubyeyi we Janice Turner yabigizemo uruhare rukomeye.

Sean Kingston yamenyekanye cyane mu muziki binyuze mu ndirimbo nka Beautiful Girls, ariko ibibazo by’amategeko byamugaruye mu itangazamakuru ku mpamvu zitari iz’umuziki. Nubwo we n’umubyeyi we bagikurikiranwa, ubucamanza nibwo buzatanga umwanzuro w’uru rubanza ruremereye.

 

Abaraperi Diplomate B-Threy, Jay C na Fireman batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z comedy Show
Ibyamamare Will Smith na Childish Gambino bategerejwe mu birori ‘The silver Gala’ bya Sherrie Silver
Oda Paccy agiye gushyira hanze alubumu ya gatatu
Davis D atangiye umwaka ashyira kw’isoko udukingirizo twamwitiriwe
Urubanza rwa Tity Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 4
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi yakoze impanuka ya Kajugujugu

May 19, 2024

Ireland Slots

May 28, 2024

Ie Online Live Blackjack 2023

May 28, 2024

How To Win At Slots In Casinos

February 25, 2025

New Au Pokies No Download Free

September 5, 2023

Roma Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?