SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23
Andi makuru

DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/17 at 7:31 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko  izajya mu  biganiro bitaziguye  n’inyeshyamba za M23.

Angola isanzwe ari umuhuza muri ibi biganiro , yatangaje ko bizaba kuwa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025.

Umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi , Tina Salama, yemereye Reuters ku wa 16 Werurwe 2025 ko ibyo biganiro bazabyitabira.

Salama yasobanuye ko atahita atangaza abazahagararira Leta ya RDC muri ibi biganiro.

Yagize  ati “Kugeza ubu, ntabwo twavuga abagize itsinda zizitabira.”

M23 nayo mu mpera z’iki cyumweru yemeje ko yakiriye ubutumire bwa Angola, bwaturutse kuri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ambasaderi Tete Antonio.

M23 yasabaga ko yakurwa mu rujijo , Perezida Felix Tshisekedi akemeza ku mugaragaro  ko afite ubushake bwo kubyitabira.

Mu bihe bitandukanye Perezida Felix Tshisekedi yatangaje ko adashobora kuganira n’umutwe yita ko ari uw’iterabwoba.

Uyu mutegetsi yakomeje gushyira u Rwanda mu majwi ko rutera inkunga  uyu mutwe wa M23. Impande zose nazo zabyamaganiye kure

 

You Might Also Like

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemera abahagarariye ibihugu byabo 11 mu Rwanda

Umuyobozi wa Pan African Movement mu Rwanda yiyemeje gukangurira abanyafurika kwibohora burundu

Minisitiri Nduhungirehe yitabiriye inama yiga ku bufatanye bwa EU-AU I Buruseli

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

Perezida Samia Suluhu yabitswe n’imbuga nkoranyambaga za X ya Polisi ya Tanzaniya

Wakibi Geoffrey March 17, 2025 March 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi

March 9, 2024
Andi makuru

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka ya bisi nini

February 12, 2025
Imikino

Ni iki cyo kwitega muri Tour du Rwanda uyu mwaka?

January 30, 2024
Imikino

Kiptum wari nimero ya mbere ku Isi muri Marathon n’umutoza we w’umunyarwanda bitabye Imana

February 12, 2024
Imyidagaduro

Amafoto ya John Cena yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars yambaye akomeje kuvugisha benshi

March 11, 2024
Andi makuruIyobokamana

Frére Diogène Hakorimana yashyinguwe mu cyubahiro mu muhango wayobowe na

March 17, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?