SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jose Chameleon agiye kubagwa Impindura ye yangiritse
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jose Chameleon agiye kubagwa Impindura ye yangiritse
Imyidagaduro

Jose Chameleon agiye kubagwa Impindura ye yangiritse

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 18, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi Joseph  Mayanja  wamenyekanye cyane nka  Jose  Chameleon muri Uganda ndetse  naho  muri afurika y’iburasirazuba  nk’umwe  mu bahanzi bamaze kubaka izina nyuma y’amezi Atari makeya  arwariye  muri Leta zunze ubumwe z’Amerika agiye kubagwa Impindura.

Uyu  muhanzi wageze  muri Leta  Zunze Ubumwe  z’Amerika  mu mpera z’umwaka ushize  nyuma yo  kurembera  mu gihugu cye  cya Uganda  kugeza ubwo  Perezida  Yoweri Kaguta Museveni we  ku giti cye  yasabye ko  yajyanwa kuvurizwa muri Amerika  ku  kiguzi cyose  gishoboka  ndetse akanemera ko  ibizamugendaho byose azabyishyura.

Icyo gihe  Jose Chameleon  yabanje kurwarira  mu bitaro bya  Nakasero  aho yaje kuva yerekeza  mu bitaro bya  Allina  Health  Mercy  byo  muri Amerika ari naho yari amaze iminsi  arwariye  nubwo yari yorohewe  ari kuruhuka  .

Amakuru dukesha ikinyamakuru Big Eye cyo muri  Uganda nuko  ubwo uyu muhanzi yari mu rugo ejo nimugoroba yaje kongera  kuremba cyane  maze akihutanwa kwa Muganga  nkuko icyo kinyamakuru nacyo kibikesha Juliet Zawedde  umaze  igihe amwitaho aho muri Amerika .

Biravugwa y’uko  murumuna  we Weaseal yamaze guhaguruka I Kampala  yerekeza  muri Leta  zunze ubumwe z’amerika aho biteganyijwe ko  mukuru we ari bubagwe  inyama yo  mu nda  izwi nk’impindura mu masaha 12 ari imbere kubera ko yangiritse cyane kubwo  gukoresha ibiyobyabwenge byinshi.

 

Abagize itsinda ry’abanyarwenya ba Gen-Z Comedy basuye urwibutso rwa Kigali bunamira Abatutsi bahashyinguye(Amafoto_
Papa Sava yavuze imuzingo uko akazi ke kamurutira inkumi
Album my Dream ya Bwiza yaguzwe arenga Miliyoni n’umukinnyi wa Filime Mutoni Assia
Britney Spears yasabwe gatanya nyuma y’Amezi 14 arushinze na Sam Asghari
Bahati wahoze muri Just Family yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Unyuzimfura Cecile,
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Free Casino Ie 2023

May 28, 2024

Mifinity Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Best Online Casino Games To Win Real Money

February 25, 2025
Imyidagaduro

Umuryango wa Producer Junior watangaje amatariki azashyingurirwaho

July 30, 2023

Online Real Casinos

May 28, 2024

Lucky Time Slots Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?