SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 6, 2025
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali wasinyanye amasezerano y’imikoranire n’abategura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy,’ wiyemeza kubashyigikira mu bikorwa byabo.

Ndaruhutse Merci wamamaye nka Fally Merci utegura ibi bitaramo, yavuze ko ari ibintu bishimishije kuba binjiye mu mikoranire n’Umujyi wa Kigali.

Ati “Icya mbere ni uko bemeye kudushyigikira, hari inyungu nyinshi tuzabikuramo kandi bizagirira akamaro abanyarwenya, by’umwihariko ababarizwa muri Gen-Z Comedy.”

Ku rundi ruhande, Fally Merci yavuze ko Umujyi wa Kigali icyo wabasabye ari ugukomeza gutegura neza ibi bitaramo, uretse gususurutsa abakunzi b’urwenya bikaba byanakomeza kuzamura impano z’urubyiruko.

Umujyi wa Kigali usinyanye amasezerano na Gen-Z Comedy yitegura kuzuza imyaka itatu itangiye, kuri ubu ikaba ari cyo gitaramo cy’urwenya kiba mu buryo buhoraho mu Rwanda.

Ibi bitaramo byatangiye mu 2022, bizwi cyane mu gusetsa abantu ariko bikagira umwihariko wo kuzamukiramo abanyempano bashya muri uyu mwuga.

Ni bimwe mu byitabirwa ku rwego rwo hejuru aho biba kabiri mu kwezi.

You Might Also Like

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’igice ababarirwa ibyo yarezwe na The Ben

Kety Blaisia wakuze yoza mu mutwe abandi yafunguye iye Salon de Coiffure

Nadia wo muri filime umuturanyi yahishuye ko akazi kubu Vixen atagakora nk’umwuga

Chris Eazzy ari mu gahinda gakomeye ko kubura mama we witabye Imana

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino

Nsanzabera Jean Paul February 6, 2025 February 6, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

RIB yasabye Sam Karenzi Na Muramira Regis kureka intambara zabo z’amagambo Atari meza

May 15, 2025
Imyidagaduro

Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’

January 18, 2023
Andi makuru

RDF igiye gushinga Kaminuza ya Gisirikare (National Defense University)

May 14, 2024
Andi makuru

FDA yakuye kw’isoko ikinyobwa kitwa ubutwenge

May 27, 2025
Imyidagaduro

Miss Mutesi Jolly ntiyemeranywa nabashaka guhanganisha The Ben na Bruce Melody

December 2, 2023
Andi makuru

Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro

February 7, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?