SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’
Imyidagaduro

Otile Brown yibiwe Mudasobwa zihenze ku kibuga cya ‘Nyerere International Airport’

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 18, 2023
Share
SHARE

Otile Brown uri mu bahanzi bagezweho mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba ari mu gahinda nyuma yo kwibirwa mudasobwa ebyiri ku kibuga kuri ‘Nyerere International Airport’ muri Tanzania.

Uyu muhanzi ntiyigeze atangaza igihe yibiwe, gusa abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yatewe agahinda no kuba na polisi y’iki gihugu ntacyo yakoze ngo imufashe kugaruza izi mudasobwa zo mu bwoko bwa ‘Macbook’.

Ati “Ku kibuga cy’indege cya Julius Nyerere muri Tanzania nibwe mudasobwa ebyiri, n’abarinzi nibashake bakurweho kuko ntacyo bamaze, mu masaha atatu yose mpamaze banze no kugira icyo badufasha ngo dushakishe byibura ngo turebe ko izo mudasobwa zaboneka. ijoro rimbereye ribi mu buzima bwanjye.”

Yakomeje avuga ko abashinzwe uburinzi kuri iki kibuga cy’indege bamwangiye ko banareba muri camera zishinzwe umutekano.

Ati “Ese ubundi nk’abashinzwe uburinzi akazi kabo ni akahe? badashoboye no kugira icyo bagufasha. Njyewe nk’umukunzi wa Tanzania ndababaye cyane, nkeneye ubutabera kuko ngomba kugarurirwa mudasobwa zanjye iri joro, ariko wagira ngo barashaka ko nguma mu gihombo.”

Otile Brown ukomoka muri Kenya ni umwe mu bahanzi bamaze kwigarurira igikundiro cy’abatari bake barimo n’Abanyarwanda. Uyu muhanzi kandi yakoranye indirimo na bagenzi be bo mu Rwanda, The Ben na Meddy.

 

 

Rumaga ,Ruti Joel, Itorero Inyamibwa na Shauku Band bijeje ibintu byiza abazitabira igitaramo Kigali Kulture Konnekt .
Bitunguranye Zari The Boss Lady yatumiye Tanasha Donna mu gitaramo azakorera I Kampala
P Diddy yashimangiyeko yishyura 5000$ Sting kubera indirimbo ye ‘Every Breath You Take’
Igitaramo icyumba cya Rap cyasubitwe ku munota wa nyuma kubera imvura yaguye muri Kigali
Danny Vumbi yakoreye i Musanze igitaramo cyo kumvisha abakunzi be alubumu ye yise 365
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

ImyidagaduroIyobokamana

The Ben Yongeye gufatirwa n’Ikiniga imbere y’ikoraniro ry’abantu

December 11, 2023

Poker Real Cash Game

May 28, 2024

Real Online Casino Au

September 5, 2023

Malbet Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Sign Up No Deposit Bonus Au

September 5, 2023

Boost Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?