SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Imyidagaduro

Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 7, 2025
Share
SHARE

Mu minsi ishize  Polisi  yo mu mujyi wa  Detrpit muri  Leta  zunze ubumwe z’Amerika yafashe icyemezo cyo guta muri yombi umuhanzikazi Nicki Minaj kubera ibyaha yari akurikiranyweho ariko  nyuma  y’iperereza  ryimbitse  ubushinjacayaha  bwafashe  icyemezo cyo gutesha  agaciro  ubwo  busabe bwa Polisi .

Nk’uko byatangajwe na TMZ, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

Nk’uko tubikesha bimwe  mu binyamakuru by’imyidagaduro  muri  icyo gihugu, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

Bruce Melodie na Coach Gael biyemeje kugeza ikipe UGB kure muri Shampiyona
Sheebah Karungi yunamiye inzirakarengana za Jenoside zishyinguye mu Rwibutso Rwa Kigali (Amafoto)
Imbamutima za Aline Gahongayire kuri Ishimwe clement wamufashije kugera ku nzozi ze mu muziki
Ibyishimo by’umunyamideli Sonia Mugabo wambitse abakomeye barimo Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza (Amafoto )
Urubanza rwa Fatakumavuta rwasubitswe
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

7 Sultans Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Spinago Australia Reviews

May 28, 2024

Crown Online Gambling

February 25, 2025

77w Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Brango Casino Review

February 25, 2025

What Are The Deposit Codes For Casinos In Ireland

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?