SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Urubanza rwa Fatakumavuta rwasubitswe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Urubanza rwa Fatakumavuta rwasubitswe
Imyidagaduro

Urubanza rwa Fatakumavuta rwasubitswe

Gossip Kigali
Last updated: 2024/10/31 at 11:40 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Urubanza rwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta rwasubitswe, nyuma y’ubusabe bw’uyu munyamakuru wagaragarije urukiko ko atiteguye kuburana kuri uyu wa 31 Ukwakira 2024 nk’uko byari bitegerejwe.

Ibi uyu mugabo yabigarutseho ubwo yari ageze imbere y’Inteko iburanisha mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Umunyamategeko umwunganira yagaragaje ko batabashije kubona dosiye ngo amenye ibyo akurikiranwaho.

Uyu munyamategeko yavuze ko yamenye iby’uru rubanza ku wa 30 Ukwakira 2024.

Ni umunyamategeko wavuze kandi ko dosiye y’uwo yunganira yagiye yongerwamo ibindi birego, bityo ko bakeneye kubona umwanya wo kuyiga neza ngo babone uko babyireguraho.

Uruhande rwa Fatakumavuta rwabwiye Urukiko ko rwiteguye kuburana igihe icyo aricyo cyose ariko byaba byiza urubanza rwabo rushyizwe mu cyumweru gitaha.

Ubwo Ubushinjacyaha bwabazwaga n’Urukiko uko bwumva ubusabe bw’uregwa, bwavuze ko nta mpamvu yo gusubika urubanza kuko ibiri muri dosiye uregwa n’umwunganira babibajijweho kandi babizi.

Nyuma yo kumva impande zombi, Inteko iburanisha yafashe icyemezo cyo kwimurira iburanisha ry’uru rubanza ku wa 5 Ugushyingo 2024.

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Gossip Kigali October 31, 2024 October 31, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Filime The Waiter yakinnyemo Alliah Cool yatangiye kwerekanwa

December 21, 2024
Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Imyidagaduro

Abanyarwenya Doctall Kingsley, Josh2Funny na Phronesis MCA Tricky Sundiata basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

October 29, 2023
Andi makuru

IMA :Abanyamakuru b’imyidagaduro bitoreye abahanzi bakoze neza muri 2024

December 18, 2024
Andi makuru

Yevgeny Prigozhin washinze umutwe wa Wagner yitabye Imana mu mpanuka y’indege ye

August 24, 2023
Imikino

” Afite ikibazo ku kagombambari “- Umutoza wa APR FC Thierry Froger avuga k’umukinnyi Banga Bindjeme.

January 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?