SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Knowless yakumbuje abakunzi be indirimbo zo hambere harimo niyo yakoranye na Vampino
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Knowless yakumbuje abakunzi be indirimbo zo hambere harimo niyo yakoranye na Vampino
Imyidagaduro

Knowless yakumbuje abakunzi be indirimbo zo hambere harimo niyo yakoranye na Vampino

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 12, 2024
Share
SHARE

Umugoroba wa tariki 11 Ukuboza 2024 wari wahariwe abanyarwanda kuko nyuma y’akazi benshi mu banyarwanda  baba mu mujyi wa Kampala ntahandi berekezaga  uretse  muri Nomad Bar And Grill aho bari bitabiriye igitaramo cy’Umuhanzikazi Knowless .

Uko amasaha yagenda akura niko abantu babaga benshi bafite amatsiko menshi n’ibyishimo byo kongera kumubona ku rubyiniro  muri  icyo gihugu .

Iasaha yageze maze Knowless ahamagarwa ku rubyinino maze yakiranwa  urugwiro rwinshi maze nawe  mw’Ijwi ryiza abereka ko yari abakumbuye abaririmbira  Hobe Hobe akurikizaho izindi ziri mu njyana gakondo zakunze nka  Naraye Ndose ya Kamalize ni indirimbo ye yaririrmbye avuga  ibyiza byo kugira  U Rwanda yise uzitabe maze si ukubyina karahava .

Mu zindi ndirimbo Knowless yaririrmbye harimo Nzaba Mpari,Winning Team,Bramushaka ,Ko nashize ,Teamo,One Love ni zindi nyinshi.

Ubwo  Igitaramo cyari kigiyekugana ku musozoz Knowless  yahamagaye ku rubyiniro  umuhazi Vampino bakoranye indirimbo byemere bakoranye  mu myaka 13 , Ibintu bihindura isura abari bitabiriye barushaho kwishima cyane .

Iki gitaramo cyasojwe amasaha akuzeho ariko wabona abantu bifuza ko bakomeza gutaramana nawe .

 

 

 

Bob Pro yashyize hanze urutonde rw’abahanzi nyarwanda barenga 24 yahurije kuri Alubumu ye yise” Ni Neza”
Urubyiruko rukoresha urubuga rwa Twitter mu Rwanda rwifatanyije n’abanyeshuri bo muri St Aloys Nyundo mu muganda
Alliah Cool yasangiye n’abakunzi be mu gikorwa cyo kwerekana Filime yakinnyemo yitwa the Waiter
KennySol yerekanye ko niyo yava muri 1:55AM adateganya gucika intege
Manick Yani Yishimiye gukorana na King James
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Play Slots For Free Ie

March 7, 2020

Pokies In Dubbo

May 28, 2024

Jili 777 Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Tips For New Online Casinos Ireland

January 24, 2018

Sign Up Offers Slots

May 28, 2024

247 Casino Login

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?