SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Imyidagaduro

Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 1:01 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi  Gatsinzi Emery  ukunzwe cyane nka Riderman ni umwe  mu baraperi dufite bakuru kandi bamaze imyaka myinshi  mu ruganda  rw’Umuziki nyarwanda  cyane  mu Njyana ya  Hip Hop  yakomje ku buryo iyi  njyana yamufashije kuba uwo ariwe kandi atabyicuza

Uyu  mugabo  w’umugore umwe n’abana  batatu yasimbukiye  ku mbuga nkoranyambaga ze  maze avuga uburyo iyi  njyana  yamuhinduriye  ubuzima akamera  nk’Uvutse bwa kabiri

Yagaragaje ko kuba yarahisemo iyi njyana, adateze kuzabyicuza, dore ko yemeza yahuriyemo n’abahanuzi, abarimu n’abandi benshi.

Mu butumwa bwe yasoje yibaza niba ibyiyumviro afitiye hip hop ari ubusazi, cyangwa se niba hari undi nawe byabayeho.

Mu magambo ye ati “Umunsi menya Hip Hop nabaye nk’uvutse bwa kabiri.

“Nigiye byinshi muri yo kandi yahinduye ubuzima bwanjye mu buryo bwiza ntari niteze.

“Uretse kuba irimo ubusizi, ubuhanuzi n’ubuhanzi buhambaye, inyigisho ziyibamo wazisanga mu njyana nke ku isi.

“Sinzigera nicuza kuba narayihisemo, kandi nzahora nishimira kuba narayimenye.

“Muri yo nabonye abarimu, mbonamo abavugabutumwa, inshuti, n’abasirikare badutoza uko intambara z’ubuzima zirwanwa.

“Ese hari undi byaba byaragendekeye nkanjye, cyangwa ni ubusazi bw’umwe nk’indoto za ndatabaye?”

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abagize Itorero Ishyaka ry’intore bakiriwe na Minisitiri Dr. Utumatwishima

January 22, 2025
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa Slovakia yarashwe amasasu ariko ararusimbuka

May 16, 2024
Imikino

Ikipe ya Yanga Africans itsinze Simba mu buryo bugayitse

November 5, 2023
Kwamamaza

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

February 7, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzi Nono Star yasabye urubyiruko gutora Perezida Kagame mu ndirimbo Tora Kagame

June 20, 2024
Ubukungu

Abagore bahize abandi mu bucurunzi n’ubucuruzi bahembwe mu bihembo bya Rwanda Women in Business Awards(Amafoto)

March 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?