SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Imyidagaduro

Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 1:01 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi  Gatsinzi Emery  ukunzwe cyane nka Riderman ni umwe  mu baraperi dufite bakuru kandi bamaze imyaka myinshi  mu ruganda  rw’Umuziki nyarwanda  cyane  mu Njyana ya  Hip Hop  yakomje ku buryo iyi  njyana yamufashije kuba uwo ariwe kandi atabyicuza

Uyu  mugabo  w’umugore umwe n’abana  batatu yasimbukiye  ku mbuga nkoranyambaga ze  maze avuga uburyo iyi  njyana  yamuhinduriye  ubuzima akamera  nk’Uvutse bwa kabiri

Yagaragaje ko kuba yarahisemo iyi njyana, adateze kuzabyicuza, dore ko yemeza yahuriyemo n’abahanuzi, abarimu n’abandi benshi.

Mu butumwa bwe yasoje yibaza niba ibyiyumviro afitiye hip hop ari ubusazi, cyangwa se niba hari undi nawe byabayeho.

Mu magambo ye ati “Umunsi menya Hip Hop nabaye nk’uvutse bwa kabiri.

“Nigiye byinshi muri yo kandi yahinduye ubuzima bwanjye mu buryo bwiza ntari niteze.

“Uretse kuba irimo ubusizi, ubuhanuzi n’ubuhanzi buhambaye, inyigisho ziyibamo wazisanga mu njyana nke ku isi.

“Sinzigera nicuza kuba narayihisemo, kandi nzahora nishimira kuba narayimenye.

“Muri yo nabonye abarimu, mbonamo abavugabutumwa, inshuti, n’abasirikare badutoza uko intambara z’ubuzima zirwanwa.

“Ese hari undi byaba byaragendekeye nkanjye, cyangwa ni ubusazi bw’umwe nk’indoto za ndatabaye?”

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Jammy the master nyuma y’imyaka ibiri yifuje gutangirana umwaka mushya n‘abakunzi be mu ndirimbo yise agacupa

December 28, 2024
Imyidagaduro

Vestine na Dorcas bagiye gutaramira muri Canada

May 24, 2023
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa Slovakia yarashwe amasasu ariko ararusimbuka

May 16, 2024
Imyidagaduro

Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda

December 4, 2024
Imyidagaduro

Umuraperi Rich Homie Quan yitabye Imana azize ibiyobyabwenge

September 6, 2024
ImyidagaduroUtuntu n'utundi

Weasel yaba yiyemeje kuza gusaba no gukwa Teta Sandra bamaze igihe batandukanye

January 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?