SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara
Andi makuru

Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara

Ahupa Radio
Last updated: 2024/11/20 at 8:08 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu.

Ibi Perezida Zelensky yabitangaje nyuma y’uko akomeje gushinjwa kuyobora igihugu binyuranyije n’amategeko kuko manda ye yarangiye muri Werurwe 2024, ariko aza gusubika amatora kuko igihugu cye kiri mu ntambara.

Ubwo yari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ku wa Kabiri tariki 19 Ugushyingo 2024, Zelensky yavuze ko Ukraine idashobora gukora amatora iri mu ntambara.

Ati “Twese turabizi ko Itegeko Nshinga rya Ukraine n’amategeko yayo bitemera gukora amatora mu ntambara, kandi ku Isi nta muntu wigeze asaba ibi Ukraine, ariko wenda hari abantu bashobora kuba banyotewe n’amatora muri Ukraine, ku buryo bashaka kuryana aho kurwanira igihugu cyacu.”

Yakomeje avuga ko “mbere na mbere Ukraine ikeneye amahoro kugira ngo Abanya-Ukraine bakore amatora anyuze mu mucyo. Tugomba gushyira imbere inyungu duhuriyeho, aho kuhashyira ibyifuzo by’abantu ku giti cyabo.” Perezida Volodymyr Zelensky yatorewe kuyobora Ukraine muri Gicurasi 2019.

 

 

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Ahupa Radio November 20, 2024 November 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Safi Madiba agiye gushyira hanze album ye ya mbere yise Back To Life

November 4, 2023
Imikino

Nzabonimpa Emmanuel meya w’Akarere ka Gicumbi yiyemeje gukemura ibibazo biri muri Gicumbi FC

May 17, 2024
Andi makuruUbukungu

Africa Energy Expo 2024: Rwanda Commits to Supporting the Development of Clean Energy

November 7, 2024
Imyidagaduro

Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)

July 6, 2023
Andi makuru

MINUBUMWE yatangaje gahunda yuko ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31 bizagenda

April 1, 2025
Andi makuruIyobokamana

Papa Francis arembejwe n’’umusonga wo mu bihaha

February 19, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?