SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abarimo abanyamerika ,Abongereza n’Ababiligi mu bashatse guhirika ubutegetsi muri RDC bashobora gukatirwa urwo Gupfa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Abarimo abanyamerika ,Abongereza n’Ababiligi mu bashatse guhirika ubutegetsi muri RDC bashobora gukatirwa urwo Gupfa
Utuntu n'utundi

Abarimo abanyamerika ,Abongereza n’Ababiligi mu bashatse guhirika ubutegetsi muri RDC bashobora gukatirwa urwo Gupfa

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: June 11, 2024
Share
SHARE

Imbere y’urukiko rukuru rw’i Kinshasa haherutse kubera urubanza rubanziriza urwo mu mizi ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo abantu 50 bashakaga guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bigapfuba.

Abitabye icyo gihe barimo abakomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko bafite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, Amerika, Canada n’Ububiligi.

Ibyo baregwa nibibahama bazahanishwa urwo gupfa nk’uko iki gihano giherutse kwemezwa ko gikwiye gutangira gushyirwa mu bikorwa.

Taliki 19, Gicurasi, 2024 nibwo abantu bari bambaye gisirikare bagabye igitero ku rugo rwa Vital  Kamerhe bashaka kumuhitana ariko bica abapolisi babiri bamurindaga.

Nyuma bakomereje ku Biro by’Umukuru w’Igihugu binjiramo batangira gucisha ku mbuga nkoranyambaga amashusho y’ibyo bakoraga ariko ntibatinze gufatwa n’ingabo zirinda Umukuru w’igihugu.

Uwari ubayoboye witwa Christian Malanga we yararashwe arapfa.

Umwe mu baburanira uregwa muri uru rubanza ufite ubwenegihugu bwa Amerika yabwiye Reuters ko hakiri kare ko bagira icyo bavuga ku cyifuzo batanze cy’uko uwo Munyamerika yakoherezwa iwabo akaba ari ho aburanishirizwa.

Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul yasabiwe gufungwa iminsi 30
Urubanza rwa Kazungu rwongeye gusubikwa
Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera
CG Gasana Emmanuel yasabiwe gufungwa by’agateganyo
Amafoto meza yaranze urugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Koreya y’Epfo
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ace Pokies Bonus Code

February 25, 2025

What Are The Highest Rtp Online Pokies For Real Money In Australia

September 5, 2023

Virtual Casino Slots Ireland 2023

June 18, 2020

Mobile Casino No Deposit Bonus Au

September 5, 2023

Tips For Recommended Irish Casinos

May 28, 2024

Online Pokies Best In Australia

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?