SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Imyidagaduro

Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/15 at 12:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Gahima  Innoocent Uzwi nka  Kevin Montana  yahurije hamwe imbaraga  z’abaraperi bakomeye  hano mu  Rwanda hamwe mu ndirimbo yise  Twendeleye .

Uyu  mugabo usanzwe uzwi cyane  mu kazi ko gutwara ba mukerarugendo  siu bwa mbere agaragaye mu muziki nyarwanda kuko n’inshuti y’abahanzi mu buzima busanzwe aho yagiye akorna na barimo Riderman ,The  Ben na bandi benshi yaadutangarije byinshi kuri aho yakuye igitekerezo cyo guhuriza hamwe abo  bahanzi  kenshi bikunda kugorana ko bahurira  mu ndirimbo imwe   ariko we akaba yarabigezeho bitamugoye  .

Mu kiganiro na AHUPA RADIO Kevin  yadutangarije  ko iyi ndirimbo yayikoze kugira ngo barusheho guha bakunzi ba muziki ibihangano byiza  kandi  bibashimisha  .

Abajijwe impamvu yahisemo gukoresha abaraperi  bakunzwe cyane mu Rwanda  yadusubije ko  nubwo ari ibintu  bigoranye cyane  kugira ngo abaraperi bo mu Rwanda  bahurire  mu ndirimbo imwe biba bigoye  we  ntibyamugoye kuko yifuza ko abakunzi b’injyana ya  Rap  bongere  baryoherwe n’amajwi y’abahanzi bakunda .

Ku bijyanye n’impamvu yayise  Twendeleye  yatubwiye ko  byari mu buryo bwo gukomeze gushishikiraiza abahanzi gukomeza gukora cyane kugira ngo umuziki nyarwanda  ugere ku rwego mpuzamahanga .

Mu gusoza  Kevin Montana yatubwiye ko iyi ndirimbo ari ndirimbo Twendeleye ari indirimbo ibyinitse cyane aho umuntu wese yayibyina aho ari hose  ndetse no mu tubyiniro .

Ikindi yadutangarije n’uko  iyi ndirimbo  ari imwe  mu mishanga afite yo gushyira  hanze  zimwe mu ndirimbo ari gukora  akaba anateganya  gushyira  hanze amashusho ya Twendeleye mu minsi ya vuba cyane .

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul May 15, 2024 May 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kigali Universe ya Coach Gael yafunguwe ku mugaragaro hakinwa irushanwa rya Mini foot (Amafoto)

May 19, 2024
Imikino

Mapinduzi Cup: Umutoza wa APR FC akomeje kwiriza nk’agahinja !

January 3, 2024
Andi makuruIyobokamana

Iyamuremye Serge n’umugore we Baritegura kwibaruka imfura yabo

September 19, 2023
Imyidagaduro

Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza

April 28, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia

March 8, 2024
Imikino

Umutoza Robertinho yajyanye Rayons Sport muri Ferwafa kubera ideni imurimo

May 14, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?