SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Imyidagaduro

Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 11, 2024
Share
SHARE

Gahima  Innoocent Uzwi nka  Kevin Montana  yahurije hamwe imbaraga  z’abaraperi bakomeye  hano mu  Rwanda hamwe mu ndirimbo yise  Twendeleye .

Uyu  mugabo usanzwe uzwi cyane  mu kazi ko gutwara ba mukerarugendo  siu bwa mbere agaragaye mu muziki nyarwanda kuko n’inshuti y’abahanzi mu buzima busanzwe aho yagiye akorna na barimo Riderman ,The  Ben na bandi benshi yaadutangarije byinshi kuri aho yakuye igitekerezo cyo guhuriza hamwe abo  bahanzi  kenshi bikunda kugorana ko bahurira  mu ndirimbo imwe   ariko we akaba yarabigezeho bitamugoye  .

Mu kiganiro na AHUPA RADIO Kevin  yadutangarije  ko iyi ndirimbo yayikoze kugira ngo barusheho guha bakunzi ba muziki ibihangano byiza  kandi  bibashimisha  .

Abajijwe impamvu yahisemo gukoresha abaraperi  bakunzwe cyane mu Rwanda  yadusubije ko  nubwo ari ibintu  bigoranye cyane  kugira ngo abaraperi bo mu Rwanda  bahurire  mu ndirimbo imwe biba bigoye  we  ntibyamugoye kuko yifuza ko abakunzi b’injyana ya  Rap  bongere  baryoherwe n’amajwi y’abahanzi bakunda .

Ku bijyanye n’impamvu yayise  Twendeleye  yatubwiye ko  byari mu buryo bwo gukomeze gushishikiraiza abahanzi gukomeza gukora cyane kugira ngo umuziki nyarwanda  ugere ku rwego mpuzamahanga .

Mu gusoza  Kevin Montana yatubwiye ko iyi ndirimbo ari ndirimbo Twendeleye ari indirimbo ibyinitse cyane aho umuntu wese yayibyina aho ari hose  ndetse no mu tubyiniro .

Ikindi yadutangarije n’uko  iyi ndirimbo  ari imwe  mu mishanga afite yo gushyira  hanze  zimwe mu ndirimbo ari gukora  akaba anateganya  gushyira  hanze amashusho ya Twendeleye mu minsi ya vuba cyane .

 

Umunyamakuru Babu wa Isibo Tv yasabiwe gufungwa umwaka
Perezida Museveni yiyemeje gutanga ibishoboka byose Jose Chameleon akavurwa
#Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze
Itsinda rya B2C ryageze I Kigali aho ryaje kwitabira igitaramo cya Kigali Jazz Junction
Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

New Ewallet Casino Link

May 28, 2024

10 Sign Up Bonus Casino

February 25, 2025

Avantgarde Casino Com

May 28, 2024

Best Casino Slots App For Iphone

May 28, 2024

New Card Games Bonus Online Casino For Ireland

May 28, 2024

Dexterbet Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?