SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye
Imyidagaduro

Kevin Montana yahurije hamwe abaraperi bakomeye mu ndirimbo yise Twendeleye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/15 at 12:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Gahima  Innoocent Uzwi nka  Kevin Montana  yahurije hamwe imbaraga  z’abaraperi bakomeye  hano mu  Rwanda hamwe mu ndirimbo yise  Twendeleye .

Uyu  mugabo usanzwe uzwi cyane  mu kazi ko gutwara ba mukerarugendo  siu bwa mbere agaragaye mu muziki nyarwanda kuko n’inshuti y’abahanzi mu buzima busanzwe aho yagiye akorna na barimo Riderman ,The  Ben na bandi benshi yaadutangarije byinshi kuri aho yakuye igitekerezo cyo guhuriza hamwe abo  bahanzi  kenshi bikunda kugorana ko bahurira  mu ndirimbo imwe   ariko we akaba yarabigezeho bitamugoye  .

Mu kiganiro na AHUPA RADIO Kevin  yadutangarije  ko iyi ndirimbo yayikoze kugira ngo barusheho guha bakunzi ba muziki ibihangano byiza  kandi  bibashimisha  .

Abajijwe impamvu yahisemo gukoresha abaraperi  bakunzwe cyane mu Rwanda  yadusubije ko  nubwo ari ibintu  bigoranye cyane  kugira ngo abaraperi bo mu Rwanda  bahurire  mu ndirimbo imwe biba bigoye  we  ntibyamugoye kuko yifuza ko abakunzi b’injyana ya  Rap  bongere  baryoherwe n’amajwi y’abahanzi bakunda .

Ku bijyanye n’impamvu yayise  Twendeleye  yatubwiye ko  byari mu buryo bwo gukomeze gushishikiraiza abahanzi gukomeza gukora cyane kugira ngo umuziki nyarwanda  ugere ku rwego mpuzamahanga .

Mu gusoza  Kevin Montana yatubwiye ko iyi ndirimbo ari ndirimbo Twendeleye ari indirimbo ibyinitse cyane aho umuntu wese yayibyina aho ari hose  ndetse no mu tubyiniro .

Ikindi yadutangarije n’uko  iyi ndirimbo  ari imwe  mu mishanga afite yo gushyira  hanze  zimwe mu ndirimbo ari gukora  akaba anateganya  gushyira  hanze amashusho ya Twendeleye mu minsi ya vuba cyane .

 

You Might Also Like

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

Nsanzabera Jean Paul May 15, 2024 May 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ikipe ya Pyramids yasesekaye i Kigali (Amafoto)

September 12, 2024
Imyidagaduro

Riderman na Bull Dogg bateguye igitaramo cya Hip Hop Culture cya EP yabo bise Icyumba cy’Amategeko

June 26, 2024
Andi makuruIyobokamana

Vatican yatangaje umunsi Papa Francis azashyingurirwaho

April 22, 2025
Imyidagaduro

P Diddy yahejwe mu birori bya Grammy Awards 2024

January 15, 2024
Imyidagaduro

Ariel Wayz yifurije Juno Kizingenza isabukuru nziza mi magambo aryoheye amatwi

November 23, 2023
Andi makuru

Dr Kanimba Vincent uzwi cyane mu kubyaza ababyeyi arasaba ubufasha bwo kujya kwivuza

April 19, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?