SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Utuntu n'utundi

Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 18, 2024
Share
SHARE

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Alexei Navalny batavugaga rumwe yapfiriye muri gereza, mu gihe hari hari umugambi wo kumuhererekanye n’izindi mfungwa z’Abarusiya akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi ku buryo atari kongera gusubira mu Burusiya.

Putin yagarutse kuri Navalny ku Cyumweru Tariki 17 Werurwe mu 2024 ubwo yaganiraga n’abamushyigikiye.

Ku wa 16 Gashyantare 2024 ni bwo hamenyekanye amakuru ko Navalny yitabye Imana aho gereza yari afungiyemo yavuze ko uyu mugabo yumvise atameze neza agatakaza ubwenge, hagahamagazwa imbagukiragutabara n’abaganga ngo bagerageze kumutabara ariko bikarangira apfuye.

Navalny yari afungiwe mu Burusiya kuva mu 2021. Bivugwa ko yari afunzwe ku mpamvu za politike, ndetse Perezida wa Amerika, Joe Biden we atazuyaje yavuze ko Putin yihishe inyuma y’urupfu rwa Navalny.

Muri iki kiganiro Putin yagaragaje ko Nalvany yapfuye hari gahunda yo kumutanga kugira ngo u Burusiya nabwo buhabwe izindi mfungwa zabwo ziri mu Burengerazuba bw’Isi.

Ati “Nari niteguye gutanga Navalny muri gahunda yo guhererekanya imfungwa, akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi aho atari kuzagaruka mu Burusiya.”

Nubwo Perezida Putin atigeze atangaza umuntu wari kuguranwa Navalny, amakuru dukesha Russia Today avuga ko ari Vadim Krasikov, Umurusiya ufungiye mu Budage kuva mu 2021 yahamywa icyaha cyo kwica.

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo
Ifoto ya Perezida Macron yitoza iteramakofi yavugishije benshi
Captain Ibrahim Traoré uyobora inzibacyuho muri Burkina Faso yiyongeje imyaka itanu
Diane Shima Rwigara yatanze kandidatire ’ituzuye’ ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Perezida Kagame ari mu Bufaransa mu nama yiga ku gukora inkingo
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Newest Safe Pokies

September 5, 2023

Best Online Casino Ireland Free

May 28, 2024

Best Way To Win At Slot Machines

February 25, 2025

Lucky Monkey Casino

May 28, 2024

What Are The Best Pokies Venues In Brisbane City Queensland

September 5, 2023

Best Australian Casino Pokies

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?