SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Utuntu n'utundi

Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 18, 2024
Share
SHARE

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Alexei Navalny batavugaga rumwe yapfiriye muri gereza, mu gihe hari hari umugambi wo kumuhererekanye n’izindi mfungwa z’Abarusiya akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi ku buryo atari kongera gusubira mu Burusiya.

Putin yagarutse kuri Navalny ku Cyumweru Tariki 17 Werurwe mu 2024 ubwo yaganiraga n’abamushyigikiye.

Ku wa 16 Gashyantare 2024 ni bwo hamenyekanye amakuru ko Navalny yitabye Imana aho gereza yari afungiyemo yavuze ko uyu mugabo yumvise atameze neza agatakaza ubwenge, hagahamagazwa imbagukiragutabara n’abaganga ngo bagerageze kumutabara ariko bikarangira apfuye.

Navalny yari afungiwe mu Burusiya kuva mu 2021. Bivugwa ko yari afunzwe ku mpamvu za politike, ndetse Perezida wa Amerika, Joe Biden we atazuyaje yavuze ko Putin yihishe inyuma y’urupfu rwa Navalny.

Muri iki kiganiro Putin yagaragaje ko Nalvany yapfuye hari gahunda yo kumutanga kugira ngo u Burusiya nabwo buhabwe izindi mfungwa zabwo ziri mu Burengerazuba bw’Isi.

Ati “Nari niteguye gutanga Navalny muri gahunda yo guhererekanya imfungwa, akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi aho atari kuzagaruka mu Burusiya.”

Nubwo Perezida Putin atigeze atangaza umuntu wari kuguranwa Navalny, amakuru dukesha Russia Today avuga ko ari Vadim Krasikov, Umurusiya ufungiye mu Budage kuva mu 2021 yahamywa icyaha cyo kwica.

Umuyobozi Mukuru wa Airtel Africa yahawe igihembo cya ‘Lifetime Achievement’
Nyuma y’ibiganiro bya Joe Biden na Netanyahu Israel yemeye gufungura inzira zijya muri Gaza
Century Park Hotel and Residences yashimiye abakozi bahize abandi muri 2023
Benjamin Netanyahu, yasheshe Guverinoma yari ishinzwe intambara
Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabye Imana ku myaka 78.
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Video Poker Games

May 28, 2024

What Is The Biggest Jackpot At A Irish Casino

March 22, 2019

Mirrorball Slots App

May 28, 2024

Jackpot Knights Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Casino Roulette Wheel Casino

May 28, 2024

What Online Casinos Offer No Registration Blackjack For Players From Ireland

August 20, 2019

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?