Umuhanzikazi uri mu bakunze muri Uganda Rema Namakula mbere y’uko mugenzi we Lydia Jazmine akora igitaramo cye cya Mbere yise First Born yasabye abakunzi be kuzitabira icyo gitaramo kiri bube uyu munsi nawe akandi akaba ari bukiririmbemo .
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Rema maze akoranya abakunzi be abasaba kwitabira no kwerekana ko bashyigikiye Lydia Jazmine.
Yagize nshuti zanjye azbagabao n’abagore kuri uyu wa Gatanu muri Hotel Africana muze twereke Lydia Jazmine urukundo aho waba uri hose ugerageze tumufashe nyuma ayo magambo yayahereekesheje ifoto ya Lydia Jazmine
Banyarwandakazi, kuri uyu wa gatanu, muri Hotel Africana, ngwino twereke Lydia Jazmine urukundo runaka. Ba ahari cyangwa ntihabe. “Yanditse kandi yomekaho icyapa cya Jazmine.
Yasoje agira agira ati nabibutsaga ko Lydia Jazmine yitabiriye igitaramo cyanjye cyabereye muri Sheraton Hotel, Kampala mu cyumweru gishize.