SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya
Imyidagaduro

DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 28, 2024
Share
SHARE

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase .

Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza  ukorera  umuziki we mu Leta Zunze ubumwe z’America kuri  ubu abaye umuhanzi wa mbere  usinye muri DopeDee Entertainment aho ariyo igiye kuzajya  ikurikirana ubuzima bw’umuziki  umunsi ku munsi.

Mu kiganiro  na Ahupa Radio  Dj Diddymana umaze kumneykana nk’umunyamakuru wa  RBA mu ishami rya  Magic  Fm  yatubwiye byinshi  mu byatumye  duhitamo gukora na Annie ndetse na gahunda bafite mu minsi irimbere .

Yakomeje avuga ko  kandi mu buzima bwabo  DopeDee Entertainement bafite gahunda yo  gukomeza  gufashanya  kugira ngo nabo ibikorwa byabo bikundwe akaba ariyo  mpamvu ku bushobozi bw’Imana  babashije  kongerama  Annie

Dj Diddyman  yadutangarije  kandi ,Annie ari umukobwa w’umuhanga ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, kuri ubu bakaba bashyize hanze indirimbo ‘Nashimwe’ gusa  mu minsi iza  tukazabaha  indi nshya  yise “I need you Lord”.

Agaragaza ko kugeza ubu Dopedee yarimo aba DJ babiri aho bakora ibikorwa bitandukanye, bakaba baherukaga gushyira hanze indirimbo “Hasi” bahuriyemo na Fanta.

Kuba biyongeyeho Annie, abigaragaza nk’umugisha akanasobanura ko hari ibikorwa byinshi bari gutegura vuba cyane .

 

 

Urban Boys mu birori bya New Year Party beretswe urukundo rurenze
Abagize itsinda ry’abanyarwenya ba Gen-Z Comedy basuye urwibutso rwa Kigali bunamira Abatutsi bahashyinguye(Amafoto_
Yvanny Mpano yahuje imbaraga n’umuhanzi mushya Edin Hodari bakorana indirimbo bise Harya Ngo Urankunda (Video)
Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Umunyamakuru Ismaël Mwanafunzi agiye kurushinga n’umunyamakurukazi Mahoro Claudine
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Double Win Jackpot Slots

May 28, 2024

Top Online Pokies And Casinos In Australia Casino

May 28, 2024

Online Slots No Deposit Bonus Ie 2023

May 28, 2024

Online Pokies Best Real Money

May 28, 2024

Betspin Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Roulette Strategy Martingale

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?