SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny Vumbi na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda Festival
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny Vumbi na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda Festival
Imyidagaduro

Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny Vumbi na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda Festival

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 26, 2024
Share
SHARE

Nyuma  y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga  3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024.

Ibi bitaramo byanyuze mu Karere ka Huye, i Rubavu n’i Musanze byasorejwe mu muhanda wahariwe abanyamaguru mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko mu Gisimenti mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024.

Senderi Hit ni we wabanje ku rubyiniro, nk’uko yagiye abigenza, yagaragaje ko azi neza gutaramira abakunzi be no kubiyegereza mu gihe ari imbere yabo.

Nyuma ya Senderi Hit, hakurikiyeho Bushali wari utegerejwe cyane n’abakunzi b’umuziki benshi ntiyabatenguha abyinana nabo mbere y’uko ava ku rubyiniro agasigira umwanya Danny Vumbi.

Danny Vumbi wasanze abakunzi b’umuziki mu bicu ntabwo yigeze yifuza ko bongera gukonja ahubwo yafatiyeho abafasha gukomeza kuryoherwa n’igitaramo mu ndirimbo ze zirimo Ni danger, 365 na Bango.

Nyuma ya Danny Vumbi, hakurikiyeho Niyo Bosco uba uririmba anicurangira gitari ariko akabivanga n’umuziki wa DJ, mu ndirimbo ze zakunzwe uyu muhanzi ufite ubumuga bwo kutabona yatanze ibyishimo ku bakunzi be.

Nyuma ya Niyo Bosco hakurikiyeho Bwiza nawe wasusurukije abakunzi be mbere y’uko asigira umwanya Kenny Sol wasoje iki gitaramo nyuma y’uko amasaha yari yagenwe n’inzego z’umutekano yari yageze ariko bakabongeza iminota mike kugira ngo uyu muhanzi asoze umwanya we ku rubyiniro.

Ibitaramo bya Tour du Rwanda byari biri kuba ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko bitangiye umwaka ushize aho byabereye mu Karere ka Rubavu n’i Musanze.

 

 

 

 

Chorale St Paul igiye gukora igitaramo Great Classic Concert” ku nshuro ya 3
Bobi Wine yishimiye intsinzi ya Donald Trump yizera ko azamufasha Museveni
Kivumbi King yateguje alubumu ye yise Ganza
Meddy na Adrien Misigaro bahataniye ibihembo bya Hipipo Music Awards 2024 nabarimo Diamond Platnumz
Riderman na Chris Eazy batumiwe mu birori byo gusoza Champion Leagues byateguwe na B&B FM
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Supacasi Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Planet Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Slot Machine Big Win

May 28, 2024

Game Master Casino

May 28, 2024
Imyidagaduro

Juno Kizigenza yakomoje kudatumirwa kwe mu bitaramo bikomeye mu Rwanda

October 7, 2024

Is Virtual Casino In Ireland Licensed

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?