SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: February 20, 2024
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2024, yashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure bwe.

Jean Michel Sama Lukonde yari amaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa RD Congo.

Perezidansi ya RDC ibinyujije ku rubuga rwa X, yemeje ko ubwegure bwa Sama Lukonde bwakiriwe na Perezida Tshisekedi.

Ubwegure bwa Sama Lukonde ni igisobanuro cy’uko na Guverinoma yari ayoboye ihita iseswa.

Ntabwo hatangajwe impamvu y’ubwegure bwe, gusa umwaka ushize yatorewe kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC nk’Umudepite.

Guverinoma ya Lukonde yari yiganjemo amaraso mashya, kuko 80% by’abari bayigize bari bashya muri iyo mirimo.

Yagaragayemo ubwiyongere bw’abagore bageze kuri 27%, mu gihe impuzandengo y’imyaka y’abayigize yari 47 gusa.

Intego zayo za mbere zari ukwita ku kibazo cy’umutekano cyabaye ndanze cyane cyane mu Burasirazuba bwa Congo.

Lukonde arinze yegura avugorizwa induru n’abanye-Congo bavuga ko Guverinoma ye yari igizwe n’abanya ntege nke bananiwe gutsinda M23.

Iyi Guverinoma kandi yari yiyemeje guteza imbere uburezi, ubuzima, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi, ibikorwa remezo ndetse n’ikoranabuhanga.
Guinée: Col Dadis Camara uherutse gutoroka gereza yasubijwemo
Century Park Hotel and Residences yashimiye abakozi bahize abandi muri 2023
Urusengero rwa Pastor Mboro rwigabijwe n’abanyeshuri bararutwika
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi Dr Saulos Klaus Chilima ikomeje kuburirwa irengero
Karongi: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Online Slots Welcome Bonus Australia

February 25, 2025

How To Beat The Online Casinos

May 28, 2024

What Are The Best Online Video Slots With Jackpots In Ireland

May 28, 2024

Dark Horse Casino

May 28, 2024
Iyobokamana

Israel Mbonyi agiye kongera gukorera igitaramo muri Canada

December 3, 2024

What Are The Digital Slot Regulations In Ireland For 2023

April 10, 2017

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?