SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shakira agiye gushyira hanze alubumu ye ya 12 yise ”Las Mujeres Ya No Lloran’
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shakira agiye gushyira hanze alubumu ye ya 12 yise ”Las Mujeres Ya No Lloran’
Imyidagaduro

Shakira agiye gushyira hanze alubumu ye ya 12 yise ”Las Mujeres Ya No Lloran’

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/19 at 12:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Icyamamarekazi mu muziki, Shakira, wari umaze imyaka igera kuri 7 nta muzingo mushya asohora, ubu yateguje  album ye nshya yise ”Las Mujeres Ya No Lloran’ izaba ari iya  12 asohoye kuva yatangira umuziki mu 1990.

Umuhanzikazi Shakira Isabel Mebarak, akaba n’umwanditsi w’indirimbo n’umubyinnyi kabuhariwe, benshi bita umwamikazi w’umuziki w’abalatini, yamaze guteguza album nshya nyuma y’imyaka 7 yari amaze atayisohora ahubwo asohora indirimbo buhoro buhoro.

Akoresheje imbuga nkoranyambaga ze, Shakira yabwiye abafana be bari bamaze igihe bamusaba album nshya ko yayirangije ndetse ko agiye no kuyisohora.

Uyu muhanzikazi yahise anerekana ‘Album Cover’ imwerekana arimo kurira amarira ya diyama (Diamond Tears).

Iyi album nshya izaba ari iya 12 asohoye yayise ‘Las Mujeres Ya No Lloran’ bisobanura ngo ‘Abagore ntibakirira’. Izaba igizwe n’indirimbo 16 harimo n’izo yakoranye n’abahanzi batandukanye barimo Maluma w’iwabo muri Colombia. Izasohoka ku itariki 22 Werurwe 2024.

Iyi album ya Shakira yitezweho kuzaba iriho indirimbo zigaruka kwitandukana rye na Gerard Pique

Billboard yatangaje ko iyi album yizweho kuba iriho indirimbo z’agahinda dore ko n’amafoto yayo (Album Cover) yerekana Shakira ari kurira.

Byitezwe kandi ko izaba iriho indirimbo zigaruka ku itandukana rye na Gerard Pique ashinja kuba yaramucaga inyuma dore ko yatangiye kuyikora nyuma y’uko  batandukanye.

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul February 19, 2024 February 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Juno Kizigenza yashimiye buri muntu wese wamubaye hafi mu rugendo rw’Imyaka 4 Amaze mu muziki

May 15, 2024
Imyidagaduro

Miss Jolly ku bufatanye Gasore Foundation bashyikirije inkunga abakobwa batewe inda zitateguwe y’imashini zo kudoda

December 15, 2024
ImyidagaduroKwamamaza

The Ben na Muyango basinye amasezerano yo kwamamaza Ikinyobwa gishya cya NBG Ltd bise Fimbo .(Amafoto )

May 24, 2024
Ubukungu

Ibigo byatanze serivise nziza muri 2023 byahembwe mu bihembo bya Consumers Choice Awards( Amafoto)

April 6, 2023
Andi makuru

Abanye-Palestine 39 bari bafungiye muri Israel barekuwe

November 25, 2023
Iyobokamana

Kiliziya Gatolika ikeneye Miliyari 4.2Frw yo kugura ubutaka buzajyaho imishinga 20

April 16, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?