SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ikigo Dongfeng Motor kiritegura guteranyiriza Imodoka mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Ikigo Dongfeng Motor kiritegura guteranyiriza Imodoka mu Rwanda
Ubukungu

Ikigo Dongfeng Motor kiritegura guteranyiriza Imodoka mu Rwanda

Ahupa Radio
Last updated: 2023/11/20 at 6:04 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Dongfeng Motor Corporation Ltd. ni ikigo cya Leta y’u Bushinwa gifite icyicaro mu Mujyi wa Wuhan ahitwa Hubei, cyashinzwe mu mwaka wa 1961, kikaba kiri ku mwanya wa gatatu mu nganda enye nini zitunganya imodoka zicungwa na Leta.

Icyo kigo kivugwaho kuba gitunganya imodoka zo mu bwoko butandukanye kandi zihabwa amazina yihariye nka Venucia, Fengdu, Voyah, Aeolus, Forthing, ariko kigakora n’izifite amazina amenyerewe ku rwego mpuzamahanga nka Dongfeng-Honda, Dongfeng-Nissan na Dongfeng-Peugeot Citroën.

Mu mwaka wa 2021, 79% by’imodoka miliyoni 3.28 zagurishijwe n’icyo kigo mu bihugu birenga 100 ku Isi, zari zifite amazina azwi ku rwego mpuzamahanga.

Icyo kigo nanone gikora imodoka zikoresha amashanyarazi muri ayo mazina gikora, ariko hakaba harimo n’amazina y’imodoka zikoresha amashanyarazi azwi ku rwego mpuzamahanga nka Voyah.

Mugabo John, Umuyobozi w’Ikigo Choice Africa Investments kibarizwa mu Ihuriro Carcarbaba ricuruza imodoka za Dongfeng mu Rwanda, yabwiye itangazamakuru ko urwo ruganda rwa Leta y’u Bwushinwa rwitegiye kwagurira ibikorwa byarwo mu gihugu cy’Imisozi Igihumbi.

Yagize ati: “Ubusabe bw’abagura imodoka tuzana nibugera kuri 200 na 300 ku mwaka, uruganda ruteranya izo modoka ruzazanwa mu Rwanda.”

Yagaraje iby’iyo gahunda anashimangira ko kugeza ubu, ubusabe bw’izo modoka mu Rwanda buri hafi kugera kuri 200 ku mwaka.

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Tic Tac Restaurant & Lounge yahembwe nka Fast Food nziza y’umwaka muri SEA 2024

Ahupa Radio November 20, 2023 November 20, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Niyo Bosco yasinye Amasezerano y’imyaka 3 muri Sunday Entertainment

January 9, 2023
Imikino

Issa Hayatou yitabye Imana ku myaka 78

August 9, 2024
Kwamamaza

Satguru Travel &Tours yegukanye igihembo cy’ikigo cy’ubukerarugendo cyahize ibindi muri Consumers Choice Awards 2024

May 22, 2024
Andi makuru

Gen Muhoozi Kaineruba yatangaje ko isabukuru ye izabera i kigali

March 31, 2023
Utuntu n'utundi

Ramaphosa yarahiriye kongera kuyobora Afurika y’Epfo

June 19, 2024
Iyobokamana

#Kwibuka30 :Apotré Paul Gitwaza yifatanyije n’abarokotse Jenoside abasaba gukomera

April 8, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?