SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: MTN Iwacu na Muzika Festival Kevin Kade yasimbujwe Bull Dogg
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > MTN Iwacu na Muzika Festival Kevin Kade yasimbujwe Bull Dogg
Imyidagaduro

MTN Iwacu na Muzika Festival Kevin Kade yasimbujwe Bull Dogg

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: June 25, 2025
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi  mike umuhanzi Kevin Kade atangaje ko atazataramamu  bitaramo bya  Iwacu na Muzika Festival kuri ubu amakuru dukesha ubuyobozi bwa EAP bwatangaje ko Ndayishimiye Malick Bertrand uzwi nka Bulldogg ariwe wasibuye Kevine Kade muri  ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival bigiye kuzenguruka intara zose z’igihugu.

Bulldogg yashyizwe mu bahanzi bazaririmba muri ibi bitaramo nyuma y’uko Kevin Kade yasimbuye ashyizwe ku rutonde rw’abazaririmba mu gitaramo cya ’Rwanda Convention’ kizaba ku wa 4 Nyakanga 2025 muri Amerika.

Iki kikaba ari nacyo gihe ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bizatangira kuzenguruka mu ntara zitandukanye z’u Rwanda, cyane ko icya mbere kizaba ku wa 5 Nyakanga 2025.

Bulldogg azafatanya n’abandi bahanzi barimo King James, Riderman, Ariel Wayz, Kivumbi King, Juno Kizigenza na Nel Ngabo.

Ibi bitaramo bizatangirira i Musanze ku wa 5 Nyakanga 2025, bikomereze i Gicumbi ku wa 12 Nyakanga 2025, ku wa 19 Nyakanga 2025 bikazakomereza mu Karere ka Nyagatare.

Ku wa 26 Nyakanga 2025 bizabera i Ngoma, ku wa 2 Kanama 2025 bibere i Huye, i Rusizi bihagere ku wa 9 Kanama 2025 naho ku wa 16 Kanama 2025 bibere i Rubavu.

Ibirori bya Kigali Auto Show byamurikiwemo imodoka zitangaje (Amafoto )
Irene Ntale yakoze umuhango witwa Kukyala yerekana umukunzi we mu muryango
Itsinda rya Kigali Protocol na Limax Entertainment bashyikirije inkunga y’ibyo kurya abasizwe iheruheru n ‘ibiza mu Rugerero
Fally Merci yiseguye kubatarabashije kwinjira mu gitaramo abizeza kubashumbusha
Kwibuka 29 : Bwiza yahaye umukoro urubyiruko wo kwiga no kumenya amateka yaranze u Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Best Casino Bonus Essentials In Ireland

May 28, 2024

New Casino Australia No Deposit Bonus

February 25, 2025

Gambling Videoslots Ireland

May 28, 2024

Pokies For Real Money Free Games

September 5, 2023

Online Pokies New Zealand Dollar 10 Deposit

May 28, 2024

Fortune Casino 777

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?