SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump
Andi makuru

Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump

Ahupa Radio
Ahupa Radio Published June 11, 2025
Share
SHARE

Umuherwe wa mbere kw’isi Ubarirwa mu mutungo wa Miliyari  nyisnhi z’amadorali Elon Musk  yatangiye kwicuza  icyamuteye kugirana  ibibazna Doanalp Trump  Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’amerika  mu minsi yashize .

Aba bagabo  bombi bari inshuti magara  by’igihe kirekire ndetse  bakaza no gukora  nyuma yaho Trump yongeye gutorerwa kuyobora  icyo gihugu cy’igihangange nubwo  mu minsi ishize aba bombi bagiye bagaragara ku mbuga nkoranyambaga  baterana amagambo  akomeye ibintu bamwe mu bakurukirana izo  mbuga babonye k0 bitazorohera uwo muherwe .

Bidateye  kabiri Uyu muherwe Elon Musk  ejo yanditse ku rubuga nkoranyambaga rwe X ati: “Ndicuza bimwe mu byo natangaje [nanditse] kuri Perezida Donald Trump mu cyumweru gishize. Byararengereye cyane.”

Bombi barashyamiranye ku mugaragaro, nyuma yuko uwo muherwe nyiri kompanyi ya Tesla avuze ko umushinga w’itegeko ry’imisoro wa Trump ari “ishyano riteye ishozi”.

Musk atangaje ubu butumwa bwo kwicuza nyuma yuko Trump avuze  ko umubano wabo warangiye, ndetse ko adashaka kuzahura umubano we na Musk.

Ingengo y’imari, irimo kugabanya imisoro cyane no kongera amafaranga leta ikoresha mu gisirikare, yemejwe mu kwezi gushize n’inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite. Ubu irimo gusuzumwa n’abasenateri.

 

You Might Also Like

Burundi :Ishyaka CNDD –FDD rya Ndayishimiye ryegukanye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko

Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk

Minisitiri Nduhungirehe Olivier aranenga abayobozi bakomeje gusakaza amakuru ashobora guhungabanya amasezerano hagati na RDC

Minisitiri Constant Mutamba yongeye guterana amagambo n’umushinjacyaha mukuru

Inkura 70 zari zitegerejwe mu Rwanda zagejejwe muri Parike y’igihugu y’akagera

Ahupa Radio June 11, 2025 June 11, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Pamella yifurije umugabo we The Ben isabukuru nziza amubwira amagambo aryoshye

January 9, 2024
Imyidagaduro

Itsinda Kigali Boss Babes rikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

April 18, 2023
Andi makuruImikino

Perezida Kagame yasangiye n’abitabiriye Inama ya FIA mu Rwanda

December 13, 2024
Imyidagaduro

Umunyamakuru Mutesi Scovia n’umunyarwenya Kigingi bishimiwe cyane mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show

November 29, 2024
Andi makuru

Amatora y’abahatanira ibihembo bya Rwanda Women in Business Awards’ yatangiye

February 27, 2023
Andi makuru

Perezida Trump yababajwe n’ibitero Putin yagabye kuri Kiev

April 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?